Agakoti n’ipantalo bijyanye

Yanditswe: 25-11-2014

Tumaze iminsi tubagezaho amakanzu yo mu bwoko butandukanye wajyana ku kazi n’ahandi hantu hatandukanye, ariko burya hari ipantalo ziyubashye ushobora kwambara ukaberwa.

Ipantalo zimenyerewe ku mazina y’amatisi akenshi zambarwa n’abantu bakorera mu biro byiyubashye, n’abandi bantu bashaka kubagaragara neza.

Iyo wambaye ipantalo y’itisi biba byiza iyo ushyizeho urukweto rurerure kandi ukashyiraho agakoti cyangwa agashati kakwegereye ubona ko kajyanye n’iyo pantalo.

Gracieuse uwadata

IBITEKEREZO

  • Andika hano igitekerezo cyawe