Ingofero n’isakoshi bijyanye

Yanditswe: 05-12-2014

Nubwo bidakunze kugaragara cyane mu muco w’abanyarwandakazi, ingofero ni umwambaro mwiza ufite akamaro ko kurinda uwuwambaye kandi ugatuma agaragara neza.

Ushobora kujyanisha ingofero n’ikindi kintu kimwe mu bijyanishwa haba inkweto, isakoshi amaherena n’urunigi bitewe nuko ukunda.
Ingofero ijyanye n’isakoshi biba bigaragara neza kandi ubyambaye ukabona ko asobanutse.

By’umwihariko iyi ngofero ifi akamaro ko kurinda izuba umuntu uyambaye kandi ikaba n’umurimbo mwiza kuko iba ikeye.

Iyi myambaro yerekanywe muri Kigali Fashion Week 2013

IBITEKEREZO

  • Andika hano igitekerezo cyawe