Ikanzu y’igitenge itaratse

Yanditswe: 27-12-2014

Imyenda idoze mu bitenge irakunzwe cyane muri ino minsi aho abantu basigaye bafiye amamodeli menshi badodesha . zimwe muri izo modeli hari iziberana n’amakanzu maremare izindi zikaberana n’amakunzu magufi bitewe n’icyo ushaka.

Ikanzu ngufi itaratse ni imwe muri modeli nazo zikunzwe n’abantu batari bake, gusa usanga akenshi yabarwa n’abakobwa bakiri bato( b’abangavu) kandi ukabona baberewe.

Gusa ntibibujijwe ko n’undi muntu uyikunda yayidodesha akayambara kuko ntawe itabera.

IBITEKEREZO

  • Andika hano igitekerezo cyawe