Ikipe y’abagore yo muri Ghana niyo yegukanye All Africa Games

Yanditswe: 21-09-2015

Ikipe y’igihugu y’abagore yo muri Ghana izwi nka Black Queens niyo yegukanye igikombe mu makipe y’abagore yari yitabiriye aya marushakanwa yaberaga muri Congo Brazaville.

Nyuma ypo kwegukana iyi ntsinzi ministry wa sporo muri Ghana yatangaje ko instinzi babonye yatumye begukan aumudari wa zahabu bayikesha imyitozo ihagije bagize.

Ikipe y’abagore ya Ghana yyegukanye umudali wa zahabu itsinze ikipe yp muri Cameroun akaba ariyi kip eya nyuma yabashije kwegukana umdari wa zahabu muri all Africa games.

Nyuma yo kwegukana umudari wa zahabu, ikipe y’abagore ya Ghana yageze mu gihugu cyayo yakiranwa ibyishimo bidasanzwe dore ko n’ubundi iki gihugu cyabashije gukura imidari ya zahabu igera kuri 19 muri All Africa games ya 2015.

Source : Soccerghana.com
Gracieuse Uwadata

IBITEKEREZO

  • Andika hano igitekerezo cyawe