Amajinisi agezweho y’abantu banini

Yanditswe: 01-07-2016

Amapantaro y’majinisi ni imwe mu myenda itajya ipfa guhararukwa ngo abantu bayiveho burundu,ahubwo usanga haduka agezweho,niyo mpamvu tugiye kugaruka kuri amwe mu majinisi agezweho ku bakobwa n’abadamu babyibushye.

Muri iyi minsi hagezweho ipantaro y’ijinisi y’umwenda usa n’uworoshye kumesa ikaba ifite umupando ujya kuba munini kuburyo uyambaye ayifungira hejuru y’ikinyenyanza,ikanagihisha neza.

Indi pantaro nziza ibera umuntu ubyibushye ni ijya kuba umucuyo ariko bidakabije ikaba ifite rasitike mu nda kuburyo nayo yambarirwa hejuru y’ibinyenyanza ku muntu ubifite ntibigaragare.

Hari kandi ipantaro y’ijinisi ya haigh waist ifungishwa ibipesu imbere nta mashini ifite,kandi nayo ikambarirwa ahagana hejuru.

Aya mapantaro yose ateye atya n’andi yose y’abantu babyibushye wayabona mu buryo bworoshye uhamagaye izi nimero za telefoni;0788506370/0788620915 cyangwa ukatwandikira kuri email;nzizapassy@gmail.com,no kuri whatsap (+250)784693000.

NZIZA Paccy

IBITEKEREZO

  • To create paragraphs, just leave blank lines.