Gutaka Jardin n’iriba ry’irikorano

Yanditswe: 05-08-2014

Iriba ry’irikorano (fontaine artificiel) ni imwe mu mitako y’ubusitani. Mu Rwanda zikunze gukoreshwa mu ma hotel cyangwa se andi mazu rusange. Ariko no mu rugo rw’umuntu ishobora kuhashya ijyanye n’ingano y’ubusitani buhari.

Iryo riba rero riba rigizwe n’amabuye, amazi ndetse iyo ubishatse ushyiramo indi mitako ibumbye y’abantu cyangwa se y’inyamaswa. isaba kandi ibikoresho byabugenewe bifasha kuzamura amazi no kuyazengurutsa.

Ushobora no gushyiraho amabuye n’ama statut ntushyireho amazi, nabyo bisa neza.

Iri riba ry’irikorano ryakozwe n’aya ma statuts byakozwe na André ukeneye ko yarigukorera wakuhamagara kuri tel 0788671307.

IBITEKEREZO

  • Andika hano igitekerezo cyawe