Ikanzu y’akazi mu gihe hakonje

Yanditswe: 25-08-2014

Muri iyi minsi hasigaye hari imbeho, n’ubwo idakabije ariko bisaba kwambara ibijyanye n’ikirere kugirango umererwe neza.
Iyi kanzu rero ni imwe mu zo wakwambara, haramutse hakonje ugiye ku kazi. Ni nziza rero kuko yaguha ubushyuhe buringaniye ku buryo utasinzira mu kazi, kandi nanone ntukonje. Iberanye rero n’abantu bakora mu bigo binini, ukaba wayambara ufite inama, cyangwa uri bwakire abakiliya.

Iyi moderi yahimbwe na Uzuri K&Y, yerekanywe muri Kigali fashion show 2013

IBITEKEREZO

  • Andika hano igitekerezo cyawe