Ikanzu yo ku zuba

Yanditswe: 17-09-2014

Muri iyi minsi hanyuzamo hakaza izuba ryinshi, iyi kanzu ni nziza kuko ituma ubushyuhe butakwica ngo bukubuze gukora akazi dore ko n’abafite ibyuma bizana ubukonje bakenera gusoka mu biro bataha cyangwa se bari mu kiruhuko bagera hanze bagatungurwa n’ubushyuhe bwinshi buri kuzanwa n’izuba.

Iyi kanzu rero yagufasha gukora akazi kawe neza kandi ukaba wayambara ahantu henshi hatandukanye haba mu kazi ko mu biro cyangwa se abikorera mu bikorwa by’ubucuruzi n’ibindi.

Mu bijyanye no kurimba iyi kanzu ntabwo ikurinda ubushyuhe gusa kuko ifite amabara meza ikaba yagufasha kurimba ugiye ahantu hatandukanye.

Gracieuse Uwadata

IBITEKEREZO

  • Andika hano igitekerezo cyawe