Moderi ya Kinyafrika ku muryango

Yanditswe: 02-11-2014

Iyi ni imyambaro ya kinyafrika ku mudamu n’abana be. Ni imyambaro yisanzuye wajyana ahantu wasohokanye n’abana nko gusura imiryango mudaherukanye n’ibirori bitandukanye.

Wambaye gutya n’umuryango wawe muba muri guha agaciro imyenda ikorerwa muri afirka kandi muba muberewe.

izi moderi zahimbwe na Colombe 0788479487

IBITEKEREZO

  • Andika hano igitekerezo cyawe