-
Verjiniq Jomes, Nyampinga w’isi mu mideli wa 2016
Umunyamiderikazi wa mbere ku isi w’umwaka wa 2016 ”Miss World Next Top Model” yongeye kuba umukobwa wo mu gihugu cya Malta, Miss Verjiniq Jomes atwara iryo kamba abandi bakobwa 43 barihataniraga barimo na Miss Uganda Leah Kalanguka nawe watahanye ikamba Mu birori byabaye kuri tariki wa 31 Gicurasi 2016 mu muhango wabereye muri Grand Hills Hotel mu mujyi wa Broumana mu gihugu cya Lebano nibwo uyu munyamalta yegukanye iri kamba . Igihugu cya Malta cyagumanye iryo kamba dore ko ryari rifitwe na (...)
-
Fatma, umunyamabanga mukuru wa FIFA mushya
Fatma Samba Diouf Samoura ukomoka muri Senegal ukomoka muri Senegal niwe mugore wa mbere wagizwe umunyamabanga mukuru w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FiFA akaba ari nawo mwanya wa kabiri ukomeye mu buyobozi bwa FIFA. Usibye kuba Fatma ariwe mugore wa mbere ugiye kuri uwo mwanya ni nawe muntu wa mbere ugiye kuri uyu mwanya adakomoka ku mugabane w’Iburayi bivuzeko ari nawe munyafika wa mbere ugiye kuri uyu mwanya. Uyu mugore wavutse mu 1962 afite inararibonye mu miyoborere aho yari (...)
-
Christelle, akora business yo gucukura amazi no kuyayungurura
Kwizera Christelle ni umukobwa ukiri muto uyobora ikompanyi yitwa Water Access Rwanda (WARwanda ), ikaba ari kompanyi ikora ibijyanye no gucukura amazi mu butaka ndetse no kuyungurura amazi mabi akavamo amazi meza yo kunywa bakoresheje udusukuramazi (waterfilter). Mu kiganiro Agasaro.com yagiranye n’umuyobozi wa WARwanda, Kwizera Christelle yatubwiye byinshi kuri WARwanda ndetse no kuri we nk’umuyobozi mukuru wayo. Kwizera asobanura ibyo bakora agira ati : “Water Access Rwanda ikora (...)
-
Elsie Kanza, umuyobozi wa WEF muri Afrika
Mu gihe u Rwanda rwakiriye inama Inama ya World Economic Forum on Africa (WEF) kuri uyu wa gatatu, hari byinshi wamenya ku muyobozi uhagarariye Afrika mu buyobozi bwa World Economic Forum ku isi, akaba ari numwe mu baje gutegura iyi nama mu Rwanda mbere yuko itangira. Elsie Kanza yavukiye muri Kenya ku babyeyi b’abanya Tanzaniya. Yize muri Kenya nyuma aza gukomereza amasomo ye muri Leta zunze ubumwe za Amerika. Yakoze imirimo myinshi itandukanye kuri ubu akaba ariwe muyobozi wa World (...)
-
Sizakele Mzimela,umwiraburakazi ufite kompanyi y’indege
Umuyafrika y’epfo Sizakele Petunia Mzimela niwe mwiraburakazi wa mbere ufite kompanyi y’indege zitwara abagenzi yitwa Fly Blue Crane, yari isanzwe ikorera muri Afrika y’epfo gusa ariko ubu ikaba igiye gutangira gukora ingendo mpuzamahanga vuba Mu mwaka ushize mu kwezi kwa Nzeli nibwo Sizakele yatangije Fly Blue mbere yahoo akaba yari yarigeze kuba umwe mu mayobozi bakuru bihuriri ry’ikigo mpuzamahanga cy’ubwikorezi bwo mu kirere ndetse amakuru akaba avuga ko ariwe mugore wa mbere wabaye (...)
-
Abakobwa 5 bahatanira kuba nyampinga mu ikoranabuhanga
Mu bakobwa biga iby’ikoranabuhanga bagera ku 130 bitabiriye irushanwa ngarukamwaka ryo gushaka nyampinga mu ikoranabuhanga, Ms.Geek rigiye kubera mu Rwanda ku nshuro ya gatatu, batanu ba mbere bazahatana ku munsi wa nyuma bamenyekanye. Batanu ba mbere batoranyijwe ni Ange Uwambajimana wo muri Tumba Technical College, Faridah Umutoni wiga muri Akilah Institute for Women, Samantha Manywa Pauline wo muri Gashora Girls Academy, Lisa Kirezi Noella wiga muri Gashora Girls Academy na Rosine (...)
-
Abagore 4 bakomeye bazitabira inama yaWEF mu Rwanda
U Rwanda ruri kwitegura inama mpuzamahanga ku bukungu bwa Afrika, iyo nama ikaba izatabirwa n’abantu bakomeye ku isi batandukanye barimo impuguke mu by’ubukungu, abakire ba mbere muri Afrika, abayobozi b’ibihugu n’abandi. Muri abo bantu bo mu nzego zitandukanye hazaba harimo umubare utari muto w’abagore. Dore bamwe mu bagore bakomeye bazitabira iyi nama : Graça Machel Graca Machel uzwiho guhirimbanira uburenganzira bw’abagore n’abana no kuba yarashatswe n’abagabo babiri b’abaprezida aribo (...)
-
Irina Bokova, umugore uhabwa amahirwe yo gusimbura Ban Ki-moon
Mu gihe ibikorwa byo gushaka uzasimbura Ban Ki-moon birimbanije, Irina Georgieva Bokova ukomoka muri Bulgarie akomeje guhabwa amahirwe mu bandi bakandida icyenda bari guhatanira kuba umunyamabanga mukuru w’Umunyango w’Abibumbye. Biramutse bimuhiriye nkuko ari guhabwa amahirwe, yaba ariwe mugore wa mbere uyoboye UN kuva yashingwa. Irina Bokova uri guhatana n’abandi bagore batatu n’abagabo batanu, asanzwe ayobora agashami k’umuryango w’ababibumbye kita ku burezi n’umuco ( UNESCO), akaba yaragiye (...)
-
Afasha abana bavutse ku gufatwa ku ngufu muri Jenoside
Uwababyeyi Honorine ni umukobwa w’imyaka 31 ufasha abana bavutse ku babyeyi bafashwe ku ngufu muri Jenoside hamwe n’urundi rubyiruko ndetse n’ababyeyi bahuye n’ingaruka za Jenoside. Ibikorwa uwabyeyi akorera urwo rubyiruko ndetse n’ababyeyi bahuye n’ingaruka za Jenoside abinyuza mu muryango yatangije aba baose bahuriyemo witwa Hope anad Peace Foundation, ukaba ari umuryango utegamiye kuri leta. Uwababyeyi avuga ko yagize igitekerezo cyo gutangiz auyu muryango nyuma yo kwitegereza neza nk’umuntu (...)
-
Najat, waragiraga intama muri Afrika ubu ni minisitiri mu Bufaransa
Najat Vallaud Belkacem wavutse w’imyaka 38 nyuma yo kunyura mu buzima bugoye bwaterwaga no kuba yaravukiye mu buzima bwa gikene muri Morocco aho yavukiye, ubu ni minisitri w’uburezi mu Bufaransa. Najat yavutse tariki ya 4 Ukwakira 1977 avukira mu gace k’icyaro kitwa Bni Chiker muri Morocco aho umuryango we wari ufite ubushobozi buke ku buryo mbere yo gutangira kwiga yabanje kujya aragira amatungo y’iwabo. Najat we n’umuryango baje kujya mu Bufaransa ari abimukira aba ari naho akomereza (...)
-
Barankitse, umurundikazi uhatanira Aurora Awards
Umurundikazi Marguerite Barankitse uzwi ku kabyiniriro ka Maggy akaba ayobora ikigo gitanga ubufasha ku bari mu kaga kizwi nka ’Maison Shalom’ mu Burundi, ari ku rutonde rw’abantu bane ku Isi bazatoranywamo umwe uzahabwa igihembo cya AURORA Awards. Ni igihembo ngarukamwaka kizajya gihabwa abantu cyangwa ibigo byagaragaje ubudashyikirwa mu kurengera uburenganzira bw’ikiremwamuntu kurusha abandi, cyane cyane biyemeje gutanga ubuzima bwabo ngo barokore ubw’abari mu kaga. Bane batoranyijwe (...)
-
Janeth Magufuli, intangarugero mu bo bakoranaga
Janeth Magufuli umufasha wa prezida wa Tanzania John Pombe Magufuli, mi umugore urangwa no kwicisha nkuko abakoranaga nawe aho yigishaga mu mashuri babihamya. Mu myaka yose Janeth Magufuli yigishije ku ishuri ribanza rya Mbuyuni, abakoranye nawe bamutangira ubuhamya ko yicisha bugufi dore ko n’ubundi yigishaga kuri iryo shuri umugabo we ari ministiri. Mu buhamya abakoranaga na Janeth Magufuli bahaye the citizen, bagaragaza ko uyu mugore wabaye umufasha wa prezida wa Tanzaniya wa gatanu azi (...)
-
Abagore 5 b’indashyikirwa mu mateka ya Afrika
Mu mateka ya Afrika hari abagore bagiye bakora ibikorwa by’indashyikirwa mu bihe byari bitaboroheye cyane ko abanyafrika bo mu myaka yo ha mbere bari bafataga abagore nk’abantu badashoboye b’insuzugurwa. Dore abagore 5 b’indashyikirwa nubwo atari bo bonyine kuko hari abandi benshi bagiye bakora ibikorwa by’intangarugero : 1. Funmilayo Ransome Kuti Mbere yuko abazungu batangira kumva ko bakwiye guharanira uburenganzira bw’abagore hari abagore bo muri Afrika bari baratangiye kubiharanira, muri (...)
-
Alexandra, umukobwa w’imyaka 19 uri ku rutonde rw’abaherwe ku isi
Alexandra Andresen ni umukobwa w’imyaka 19 uherutse gutungurana agaragara ku rutonde rw’abaherwe ku isi rwakozwe na forbes magazine muri werurwe, 2016 akaba ari nawe uza ku myanya wa mbere mu baherwe bakiri bato. Menya byinshi kuri uyu mwana w’umukobwa, aho yakuye umutungo afite ndetse n’ibyo akora mu buzima busanzwe. Alexandra ubusanzwe ni umunya-Norvege akaba yarazwe 42% by’umutungo wa se Johan F. Andresen umaze imyaka umunani yaragabiye abakobwa be babiri ibisaga 80% by’umutungo we dore (...)
-
Maureen Kyalya, umugore rukumbi wiyamamazaga muri Uganda
Mu matora ya prezida aherutse kuba muri Uganda Maureen Faith Kyalya niwe mugore wenyine wari uri mu bakandida umunanai bahataniraga umwanya wa Prezida, muri abo umuni Museveni wari usanzwe ari prezida wa Uganda akaba yarongeye kwegukana amatora. Maureen Kyalya umugore umwe wari wiyemeje guhatana n’abagabo barindwi ni muntu ki? Ubusanzwe Kyalya ni umukobwa wa Kanobe Kyalya nawe wahze iari umunyapolotiki mu shaka ryahoze ryitwa Democratic Party. Uyu mugore ubusanzwe ntabwo yari azwi cyane (...)
-
Angelique, umunyafrika umaze guhabwa Grammy Awards 3
Angeque Kidjo ni umuhanzikazi ukomoka muri Benin akaba ari mu bahanzi bakomeye ku isi. Kuwa mbere w’icyi cyumweru ubwo hatangagwa Grammy Awards, nibwo Kidjo yegukanye igihembo cya gatatu mu gihe ibi bihembo byari bitanzwe ku nshuro yabyo ya 58. Angelique Kidjo yavukiye muri Benin tariki ya 14 Nyakanga, 1960 mu gace bita Cotonou. Yakuze akunda kumva umuziki gakondo wo mu gihugu cye n’abandi bahanzi gakondo bo muri Afrika nka ba Miriam Makeba, Masekela, Manu Dibango, Santana,… Ku myaka (...)
-
Shamma Al Mazrui, ni minisitiri ku myaka 22 muri UAE
Shamma Al Mazrui, umukobwa w’imyaka 22 kuwa gatatu w’iki cyumweru nibwo Minisitiri w’Intebe akaba na Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE), Sheikh Mohammed bin Rashid Al Maktoum yamugize Minisitiri w’Urubyiruko w’icyo gihugu. Shamma ku myaka ye 22 gusa, afite Impamyabushobozi y’icyiciro cya gatatu cya Kaminuza ; akaba yarayikuye muri Kaminuza ya Oxford akagira n’iy’icyiciro cya kabiri yakuye muri Kaminuza ya New York. Uyu mukobwa kandi azaba ari na we Perezida w’inama y’urubyiruko (...)
-
Ibintu 10 utari uzi kuri Mariah Carey ugiye gukora ubukwe gatatu
Umuhanzikazi w’umunyamerika Mariah Angela Carey ugiye kurushinga bwa gatatu nyuma yo gutandukana n’abagabo babiri, ni umuhanzikazi wakunzwe cyane ku isi yose mu bihe byo hambere na nubu akaba akivugwa. Dore ibintu utari umuziho Mariah Carey papa we akomoka muri Afrika : Papa wa Mariah Carey, Alfred Roy Carey akomoka muri Afrika akaba ari umunyamerika uvanze n’umunyafrika Izina rye rikomoka ku ndirimbo : Izina Mariah ababyeyi be barikuye ku ndirimbo yari igezweho icyo gihe ubwo yavukaga mu (...)
-
Christy Walton, umugore wa mbere ukize ku isi
Christy Ruth Walton kuri ubu niwe mugore uza ku mwanya w amber eku isi mu bagore bakize cyane kurusha abandi. Ubuzimba bwe bufite byinshi byaburanze mu mateka ye tukaba turi bubabwire iby’ingenzi muri byo. Christy Ruth Walton yavutse tariki 8 Gashyantare 1949 akaba ari umupfakazi wa John Walton, umuhungu wa Sam Walton washinze iguriro( supermarket) rya Walmat, akaba yari yararisigiye umuhungu we nawe akarisigira umugore we. Mu mwaka wa 2005 nibwo Christy yasigiwe umutungo n’umugabo we ugera (...)
-
Tsai Ing-wen perezida wa mbere w’umugore wa Taiwan
Ku nshuro ya mbere leta ya Taiwan iherutse gutora perezida wa repuburika w’umugore witwa Tsai Ing-Weng wegukanye insinzi ku majwi 56.1%,aturutse mu ishyaka rya Democratic Progressive Party(DPP) ryari rihanganye n’iryari ku butegetsi. Tsai Ing-wen yavutse kuwa 31 ukwakira 1956 ahitwa Zhongshan mu gace ka Taipei ho muri Taiwan,akaba ariwe muhererezi w’iwabo. Amashuri akaba yarize amashuri abanza n’ayisumbuye mu gace iwabo bari batuyemo I Zhongshan,maze akomereza muri kaminuza nkuru ya (...)