-
Menya byinshi kuri Rita Marley,umugore wa Bob Marley
Amazina ye nyakuri ni Alpharita Constantia "Rita" Marley yavutse tariki ya 25 Kamena 1946,akaba ari umunyajamaica,yavukiye mu mujyi wa Santiago ho muri Cuba kuri ubu, akaba ariwe mugore w’isezerano wa Bob Marley wahoze ari umuririmbyi w’ icyamamare ku isi yose mu njyana ya Reggae Ababyeyi be ni Leroy Anderson na Cynthia Beda Jarrett,akaba yarakuriye mu mujyi wa Kingstone ho muri Jamaica ari naho yize amashuri ye yose kugeza muri kaminuza. Mu mwaka w’1960,nibwo yahuye na Bob Marley (...)
-
Francoise mukeshimana ufite umushinga wo korora inkoko
Francoise Mukeshimana,wihangiye umushinga wo korora inkoko,yatangije inguzanyo ya miliyoni umunani z’amafaranga y’u Rwanda yorora inkoko 200 none ubu ageze kuri miliyonoi 18 n’inkoko zigera ku bihumbi bibiri kuva mu mwaka wa 2012 ari nabwo yatangiye uyu mushinga. Mukeshimana Francoise usanzwe ari umwarimukazi ku kigo cy’urwunge rw’amashuri cya saint Peruti,akaba atuye mu karere ka kicukiro ari naho akorera uwo mushinga w’ubworozi bw’inkoko avuga ko kuva yawutangira amaze kugera kuri byinshi (...)
-
Abanyarwandakazi bamaze kuba intumwa z’Imana (Apotres) utari uzi
Mu myaka yo hambere wasangaga abagore bakora umurimo w’Imana bakitwa abapasetiri, ba bishop, … ari bake ariko uko ibihe bihinduka usanga bararenze no kuri izo nzego bakagera ku rwego rwo kwitwa intumwa z’Imana, Apotres cyangwa se Apostle mu ndimi z’amahanga. Dore bamwe mu banyarwandakazi bamaze kuba intumwa z’Imana bazwi cyane mu Rwanda : Apotre Alice Mignone Umunezero Kabera : Intumwa Mignone Alice Kabera ni umwe mu banyarwandakazi babaye Intumwa bwa mbere mu Rwanda. Intumwa Mignone (...)
-
Wangari Maathai, umunyafurikakazi wahawe igihembo cyitiriwe Nobel
Wangari Maathai ni umugore ufite ukomoka mu gihugu cya Kenya akaba yari umurinzi ukomeye w’ibidukikije bikaba byaratumye ahabwa igihembo cyitiriwe Nobel gihabwa abantu bakoze ibikorwa by’indashyikirwa ku isi kubwo guharanira amahoro. Mathai yavutse ku ya 1, Mata, 1940 mu gace kitwa Ihithe yitaba Imana ku ya 25, Nzeli, 2011 mu mujyi wa Nairobi mu gihugu cya Kenya. Uyu mugore azwiho cyane uruhare rwe mu kubangubanga ibidukikije ndetse no kuba yarigaragaje mu ruhando rwa Politiki mu gihugu cya (...)
-
Diane, yafashije imiryango isaga 50 kwikura mu bukene
Diane Mushimiyimana, ni umuyobozi w’umuryango witwa RICAD Rwanda, uteza imbere abaturage bishingiye ku muco n’ubugeni aribyo mu rurimi rw’icyongereza bita Rwanda Initiative for culture and arts development( RICAD). Akaba ari nawe watangije uyu muryango. Kuva uyu muryango watangira, wafashije abaturage bagize imiryango isaga 50 bari babayeho mu buzima bubi kwiteza imbere bahereye kuri bike bafite. By’umwihariko uyu muryango wita ku gice cy’abaturage bakunze kwita ‘abasigajwe inyuma n’amateka’, (...)
-
Ta Lou,umukobwa uhiga abandi mu kwiruka muri Afurika
Ishyirahamwe mpuzamahanga ry’imikino y’amasiganwamuri Afurika(ACNOA),ryatoranije umukobwa ukomoka mu gihugu cya Côte d’Ivoire,Ta Lou Marie Josée w’imyaka 27 y’amavuko nk’umukobwa witwaye neza mu mikino y’amasiganwa yo kwiruka muri uyu mwaka wa 2015. Ta Lou yatoranijwe mu bazambikwa umudari w’ishimwe nk’umukobwa witwaye neza mu masiganwa y’amaguru muri uyu mwaka mu nama nkuru y’iri shyirahamwe izabera I Washington ku nshuro ya 20,kuwa 27 na 30 ukwakira 2015 Lassana Palenfo uyoboye iri shyirahamwe (...)
-
Yvonne Chaka Chaka, umuririmbyikazi w’icyamamare muri Afurika
Yvonne Chaka Chaka, ni umuririmbyikazi ukomoka muri Afurika y’Epfo. Chaka Chaka ubusanzwe wavutse yitwa Yvonne Machaka, yavutse ahagana mu 1965 avukira mu gace kitwa Dobnsville muri Soweto. Uyu mukobwa yabayeho mu buzima buruhije cyane. Ku myaka 11 gusa, nibwo ise umubyara yitabye Imana. Nyina umubyara yari umukozi wo mu rugo ahembwa amarand 40 angana n’amafaranga . aya mafaranga akaba yaragombaga kubatunga we n’abavandimwe be 3 bavukanaga. Gusa, Yvonne Chaka Chaka akaba yaraje kuvana (...)
-
Joy Uwanziga, yanditse igitabo kiri kugurwa cyane ku isi
Joy Nzamwita Uwanziga ni umunyarwandakazi uba mu Buholandi akaba yaranditse igitabo cyitwa “Manners in Rwanda” ugenekereje mu Kinyarwanda bikaba bivuga imigenzereze mu Rwanda. Iki gitabo kivuga ku muco, imigenzo nyarwanda, n’imigenzereze iranga imibereho ya Kinyarwanda. Kubera ubuhanga n’ubuvanganzo bugaragara muri iki gitabo, byatumye cyiza mu bitabo bikunzwe cyane kuva cyasohoka. Joy Nzamwita Uwanziga ni umunyarwandakazi ariko wavukiye muri Uganda akaba ari umwana wa kabiri mu bana barindwi. (...)
-
Specioza, visi prezida wa mbere w’umugore muri Afrika
Speciosa Naigaga Wandira Kazibwe, ni umugande kazi wabaye visi prezida wa mbere w’umugore muri Afrika. Specioza afite indi mirimo myinshi yakoze mbere na nyuma yo kuba visi prezida wa Uganda, gusa muri iyo mirimo yose yakoze yaciye agahigo ko kuba ariwe mugore wa mbere wicaye ku ntebe y’ubu visi prezida muri Afrika yose. Specioza yabaye visi prezida wa Uganda kuva mu 1994 kugeza mu mwaka wa 2003, usibye kuba umunyapolitiki, Specioza ni umuganga ndetse kuri ubu akaba yaratorewe guhagarira (...)
-
Menya byinshi kuri Queen Cha uzwi mu muziki nyarwanda
Mugemana Yvonne uzwi ku izina rya Queen Cha mu muziki nyarwanda ,uririmba mu njyana ya RnB na Afrobeat,mu ndirimbo zitandukanye kandi zikunzwe na benshi cyane cyane urubyiruko. 1. Queen cha amazina ye nyakuri ni Mugemana Yvonne, akaba ari umukobwa w’imyaka 24 y’amavuko 2. Yavutse tariki ya tariki 5 kamena 1991 3. Avuka mu ntara y’amajyepfo mu karere ka Muhanga kuri ubu akaba abarizwa I Nyamirambo mu mujyi wa kigali. 4. Amashuri ye abanza yayigiye mu ishuri ESCAF(Ecole de Science Anglais (...)
-
Anna, umugore uri kwiyamamariza kuba prezida muri Tanzaniya
Anna Mghwira niwe mugore wenyine uri kwiyamamariza kuzaba prezida wa Tanzaniya mu matora teganijwe mu mezi ari imbere aho ahagarariye umutwe wa politiki wa ACT Wazalendo. Anna yagiriwe ikizere n’ishyaka ahagarariye ndetse bakaba bemeza ko ubuyobozi ari ikintu kimuri mu maraso dore ko papa we yahoze ari umujyanama muri Tanu mbere y’uko ishyaka riri ku butegetsi rya CCM ritangizwa mu 1985. Anna yavutse tariki ya 23 Mutarama 1959 avukira mu gace ka Singita. Yatangiye kugaragaza ko ashoboye (...)
-
Byinshi utari uzi kuri Teta Diana
Umuhanzikazi Teta Diana amaze kumenyekana cyane muri muzika nyarwanda akaba azwiho kugira ijwi ryiza kandi rifite ingufu, ndetse agakundirwa cyane injyana y’indirimbo ze aho avangamo umuco gakondo n’injyana ya kizungu. Muri iyi nkuru turabagezaho bimwe mu byaranze ubuzima bwa Teta Diana. Teta Diana niyo mazina ye bwite akaba yaravukiye muri Kenya avuka tariki ya 5/5/ 1992. Teta avuka mu muryango w’abana 2 kuri ubu akaba atuye muri Kigali. Uyu muhanzikazi uri kwigaragaza neza muri iyi minsi, (...)
-
Vonetta Flowers uzwi mu masiganwa yo kwiruka ku isi
Vonetta Flowers ni umugore w’umunyamerikakazi w’umwirabura wamenyekanye cyane mu mukino yo gusiganwa mu kwiruka n’amaguru,akaba ari nawe mwirabura wa mbere watwaye umudari wa zahabu mu marushanwa yitwa Winter Games mu gikombe cy’isi cyo mu mwaka wa 2002. Vonetta afite imyaka 42 y’amavuko kuko yavutse tariki ya 29 Ukwakira 1973 mu gace ka Birmingham mu mujyi wa Alabama ho muri Amerika,papa we akaba ari Vonetta Jeffery.Uyu mugore yamenyekanye cyane mu gace yavukiyemo,muri kaminuza ya (...)
-
Eugènie, umutoza mu guteka wabigize umwuga
Nyirambonigaba Eugenie ni umutoza mu guteka wabigize umwuga akaba afite kompanyi yitwa Home Appétit, iyo kompanyi itanga servisi zitandukanye zirimo kwigisha abashaka kumenya guteka babigishirije mu ngo zabo, bakaba banatanga izindi servisi zijyanye no gutekera ibirori bitandunye. Uyu mubyeyi yageze ku rwego rwo gutangiza kompanyi anyuze mu nzira ndende dore ko yahoze akora akazi ko mu rugo atekera abazungu. Eungenie ni umubyeyi w’umwana umwe ufite imyaka 34 yashinze kompanyi yigisha ibyo (...)
-
Marissa Mayer, umuyobozi mukuru wa Yahoo !
Marissa Ann Mayer, niwe kuri ubu uyobora yahoo !, kaba yaratangiye kuyiyobora kuva muri 2012. Mbere yo kuba umuyobozi wa Yahoo ! akaba yarakoze indi mirimo myinshi itandukanye irimo no kuba yarabaye umuvugizi w’urubuga rwa google. Muri 2014 Mayer yashyizwe ku rutonde rw’abantu bakize bari munsi y’imyaka 40 akaba yaraje ku mwanya wa gatandatu. Muri uwo mwaka kandi yashyizwe ku rutonde rw’abagore bakomeye ba rwiyemezamirimo ku isi akaba yaraje ku mwanya wa 16. Mayer yavukiye muri Wausau, (...)
-
Charlotte ufite agence icuruza amatike y’indege i musanze
Charlotte Rwamwami ni umubyeyi w’imyaka 38, arubatse akaba afite abana 3. Yashinze agence yo gucuruza amatike y’indege zijya mu bice bitandukanye, hirya no hino ku isi yitwa’’ Hillwood Tour And Travel’’ikorera mu karere ka Musanze,kuva mu mwaka wa 2000. Iyi agence itanga amatike y’indege z’amasosiyete arimo nka RwandAir ,Kenya Airways,Ethiopian Airlines ,Quatar Airways n’izindi zikorera mu Rwanda zijya mu mahanga.Mbere yo gushinga iyi agence akaba yarakoranaga na kenya Airways acuruza amatike (...)
-
Ibintu 10 utari uzi kuri Shania Twain
Umuhanzikazi Shania Twain ni umwe mu bahanze bakunzwe cyane mu myaka yo hambere gusa na n’ubu hari benshi indirimbo ze zigikora ku mutima, usibye ko n’ubwo atagikora iby’umuziki cyane akinyuzamo agataramira abakunzi ndetse akagenda anasohora izindi ndirimbo nshya. Shania Twain afite ubwenegihugu bwa Canada akaba ari naho yavukiye . Yavukiye muri Canada tariki ya 28 Kanama, 1965 avukira mu Windsor muri Ontario akurira mu mujyi muto wa Timmins naho ho muri Ontario. 1.Izina rya Twain yarikuye (...)
-
Pascaline ufite "agence" y’ubukerarugendo
Pascaline Mugabekazi afite company ifasha ba mukerarugendo kuza gusura ibyiza by’u Rwanda ( tour operator agency) akaba afite byinshi yungukira mu birori byo “Kwita Izina”. Pascaline yize ibijyanye n’ubukerarugendo akaba yaratangiye company ye yise “Discover Rwanda Tours&Safari” mu mwaka wa 2012 ariko mbere yaho akaba yarakoze muri Rwandair ndetse no mu yindi agence de Tourisme yitwa “primate safari”. Imirimo ye ya buri munsi ni ugushaka ba mukerarugendo baza gusura ibyiza by’u Rwanda ndetse (...)
-
Libby Lane,umushumba mu itorero rya Anglican
Amwe mu mateka yaranze ubuzima bwa Elizabeth Jane Holden Libby Lane,umugore wa mbere wahawe inkoni y’ubushumba akaba bishop mu itorero Anglican nyuma y’ukwezi kumwe gusa iri torero ryemereye abagore guhabwa iyi nshingano muri iri torero. Libby Lane ni umwongerezakazi yavutse mu mwaka w’ 1966,akaba yarahawe inkoni y’ubushumba tariki ya 15 Mutarama uyu mwaka wa 2015,akaba ayobora ahitwa stockport muri diyoseze ya Chester ho mu Bwongereza Lane amazina yiswe n’ababyeyi be ni Elizabeth Jane (...)
-
Ameenah Gurib, prezida w’Ibirwa bya Maurice
Bibi Ameenah Firdaus Gurib- Fakim, kuri ubu niwe uyobora Repubulika y’ibirwa bya Maurice nyuma yuko uwari prezida Kailash Purryag avuyeho muri Gicurasi uyu mwaka. Akaba yaratsinze amatora nta mutwe wa politike abarizwamo kuko yari umukandida ku giti cye. Mu kwezi kwa Kamena nibwo Gurib-Fakim yatorewe kuyobora Ibirwa bya Maurice. Mu Ukuboza, 2014 nibwo Ameenah yemerwe kwiyamaririza ku mwanya wo kuba prezida w’Ibirwa bya Maurice Gurib-Fakim niwe mugore wa mbere watorewe kuyobora igihugu (...)