-
Uko umukozi wawe wo mu rugo yareka gukorera ku jisho
Akenshi abakoresha abakozi bo mu rugo bahangayikishwa no kuba bakorera ku jisho ibyo bigatuma batizera neza ko ibyo basize bababwiye babikora neza nta muntu bari kumwe. Uko gukorera ku jisho no kuba abakoresha babo batabizera biri mu bituma abakozi batamarana igihe kirekire n’abakoresha babo kandi ugasanga n’uwundi uzanye nawe nuko. Niba rero wifuza ko abakozi uzana bareka kujya bakorera ku jisho, dore bimwe mu byo wagerageza : Kumushimira igihe hari icyo yibwirije gukora ; Niba umukozi (...)
-
Uko mwakongera kubana neza nyuma yo kuguca inyuma
Iyo umwe mu bashakanye amenye ko uwo bashakanye amuca inyuma usanga umubano wabo uzamo uruntu runtu kongera kwizerana bikabura. Nyamara burya nubwo urukundo rwanyu ruba rwajemo kirogoya, nyuma yaho ubuzima buba bugomba gukomeza kandi bikagenda neza. Dore uko wabigenza : Irinde gufata imyanzuro utabanje gutega amatwi uwo mwashakanye : Nubwo waba ufite ibimenyetso byose bikwereka ko uwo mwashakanye yaguciye inyuma si byiza ko wahita ufata imyanzuro kuri icyo kibazo utabanje kumutega amatwi. (...)
-
Uruhare rw’imibonano mu guhuza urugwiro kw’abashakanye
Imibonano mpuzabitsina ku bashakanye ni ikintu Imana yashyizeho ngo gitume barushaho guhuza urugwiro no kororoka. Nyamara muri iyi minsi usanga ingo nyinshi zidakoresha neza icyo gikorwa mu gutuma umubano wabo ugenda neza. Gusa burya imibonano mpuzabitsina ku bashakanye iyo ikozwe neza ituma barushaho guhuza urugwiro no gutuma urugo rukomera. Dore ibyo abashakanye bakora ngo igihe cyo gutera akabariro gitume barushaho guhuza urugwiro : Kwitegura neza ku mpande zombi : Mbere yo gutangira (...)
-
Uburyo kutumvikana kw’abashakanye bitera kutarambana umukozi
Muri iki gihe usanga bigoranye ko wabona urugo rurambana umukozi wo mu rugo. Impamvu zibitera usanga ziba zitandukanye muri zo hakazamo n’amakimbirane aba hagati y’abashakanye. Mu bakozi ndetse n’abakoresha bamwe twaganiriye bagaruka ku ruhare amakimbirane y’abashakanye agira mu gutuma abakozi bakoresha babo bananiranwa. Umukozi wo mu rugo witwa Francoise amaze imyaka umunani akora akazi ko akaba avuga ko hari aho agera akahavanwa no kuba abakoresha be batumvikana. Yagize ati : “ Nakoreye (...)
-
Uko wareka guhutaza uwo mwashakanye mu gutera akabariro
Gutera akabariro ni ibintu karemano( phonomene naturel) ku byaremwe byose ariko umuntu ntabwo birekera aho gusa kuko atandukanye n’ibindi biremwa. Niyo mpamvu ashobora kwirinda guhutaza uwo bashakanye mu gikorwa cyo gutera akabariro agaragaza itandukaniro rye n’inyamaswa. Guha umwanya uwo mwashakanye : Umuntu yaremanywe ubwenge no gutekereza niyo mpamvu igihe uganira na mugenzi wawe ku kintu icyo aricyo cyose menya ko uwo ari umuntu muri kumwe atari itungo cyangwa inyamaswa ibyo umubwira (...)
-
Ibyo umugabo aba yifuza ku mugore bagiye kubana akaramata
Mu bashakanye buri wese aba afite ibyo yifuza ku wundi kugirango yumve akomeje kumugirira urukundo nk’umuntu bazabana ubuzima bwabo bwose. Muri rusange abagabo bakunze kugira ibyo bahuriye n’abagore bakagira ibyabo. Dore rero ibintu 10 abagabo bifuza ku mugore bazarambana Kumwizera : Umugabo ushaka gutuza akabana n’umugore we ubuziraherezo aba ashaka ko amwizera ntangire ibyo agenda amuhisha hisha ngo abe yamubeshya niyo haba ku kantu gato Kumwubaha : Abantu bose bakunda umuntu ububaha (...)
-
Ingaruka zo kwizera cyane umukozi wo mu rugo
Kugaragariza umukozi wo mu rugo ko umwizera bishobora gutuma akora akazi ke neza ariko ntibivuze ko ugomba kumwizera cyane kuko hari ubwo aba akora amabi iyo utumareba. Ababyeyi bamwe twaganiriye bagaruka ku ngaruka bahuye nazo babitewe no kwizera abakozi cyane. Uwitwa Benitha yagize ati : “ Umukozi wandereraga umwana yarankanguye ku buryo nta gipfa kwizera umukozi ngo nterere iyo. Umva nari mfite umukozi uzi kwiyoberanya akanyeraka ko ankundira umwana igihe ndi mu rugo namara kugenda (...)
-
Uko wacogoza uburakari bw’uwo mwashakanye
Kuba abashakanye bajya bagira ibihe byo kutumvikana ku kintu runaka ni ibintu bisanzwe bibaho mu ngo nyinshi, ariko na none usanga abamenya kugabanya izo ntonganya ngo bacururuste uburakari bw’abo bashakanye baba ari bake, biba ari byo bituma abantu batongana bahereye ku tuntu duto bigakurura amakimbirane maremere. Muri iyi nkuru tugiye kubagezaho uburyo bwiza wacogozamo uburakari bw’uwo mwashakanye igihe ubona ko ari umuntu ukunda kurakazwa n’ubusa kandi akabikomeza. Guca bugufi ugasaba (...)
-
Impamvu zatuma utinda guhitamo uwo muzabana
Hari ubwo abantu bamwe batinda kubaka ingo kubera impamvu zitabaturutseho rimwe na rimwe zirmo kubona uwo bifuza bazukana urugo kikaba ikibazo. Uko gutinda hari impamvu zitanduknye zishobora kubitera, tukaba tugiye kureba zimwe mu mpamvu zitera abasore n’inkumi gutinda kubona abakunzi bazarushingana. Uhakanira abagusabye urukundo vuba : Hari abantu babona ikosa ku muntu bari batangiye gukundana niyo ryaba ari ikosa ryoroshye agahita ahakanira uwo bari batangiranye inzira y’urukundo bikaba (...)
-
Impamvu zituma umukozi wo mu rugo agenda bitunguranye
Iyo ufite umukozi wo mu rugo akagenda agutunguye bikugiraho ingaruka nyinshi kuko muri gahunda zawe uba utarabishyizemo, rimwe na rimwe ugasanga hari ababasigir abana bakajya gushaka ubuzima wabura uwo umusigira ugasiba, n’zindi ngaruka zitandukanye zigera ku mukoresha. Abakozi batandatu twangariye bamaze igihe bakora akazi ko mu rugo bane muri bo bavuga ko batajya bafata umwanya munini wo kumenyesha abakoresha babo ko benda kugenda, bakaba bavuga uko gutunguza abakoresha babo ko bagiye (...)
-
Ibintu byatuma urugo rwanyu ruhorana umunezero
Ingo nyinshi usanga zihoramo umwiryane ndetse abato bazireba bakagira ubwoba bwo kuba bashaka batinya kugira ingo nkizo babona. Gusa na none ntabwo ari ihame ko urugo rwawe ruhoramo umwiryane, ahubwo hari icyo wakora rukagira umunezero. Gira akamenyero ko gukora ku wo mwashakanye: Abashakanye bamwe batekereza ko bakoranaho ari uko bagiye gutera akabariro gusa. Nyamara no mu buzima busanzwe biba byiza uko ukora k’uwo mwashakanye utanagamije ko mutera akababariro. Tangirira kumusuhuza (...)
-
Uburyo bwiza bwo gutoza umukozi wo mu rugo isuku
Umwanda ni kimwe mu bintu abakozi bo mu rugo bakunze gupfa n’abakoresha babo. Hari ubwo usanga umukozi wo mu rugo agira isuku agitangira akazi ariko yamara kumenyera agatangira kugira umwanda. Hari n’abatangira akazi bakiva mu cyaro ugasanga iby’isuku batabisobanukiwe hakaba nabo usanga kugira umwanda ari nk’umuco wabo. Utitaye ku rwego umukozi wawe abarizwamo buri wese ashobora gutozwa isuku kandi bigakunda. Dore uko uzabigenza : Jya uzana umukozi wakoze isuku neza hose ; Ku munsi uba (...)
-
Imyitwarire y’abagore itera abagabo kubatakariza icyizere
Umugabo ashobora gutakariza icyizere umugore akaba yanamuta mu buryo butandukanye bitewe m’imiyitwarire itari myiza y’umugore. Hari abata ingo zabo burundu, abajya mu bandi bagore ariko bakongera bagataha, abimukira mu kindi cyumba, hakaba nuba mu rugo ntajye no mu bagore ariko umugore akaba amufata nk’utahaba bahuzwa n’abana gusa. Guta umugore uko ariko kose gushobora guturuka ku myitwarire y’umugore idahwitse, umugabo yaba adashobora kuyihanganira agata umugore akoresheje uburyo bumwe mu bwo (...)
-
Ingaruka ku mukobwa ubana n’umusore batararushinga
Muri iki gihe abakobwa bamwe na bamwe basanga abasore bakundana maze bakibanira kandi bitari mu buryo bwo gushyingiranwa cyangwa ngo bishyingire ahubwo ngo bitegura kubana,maze ugasanga babanye mbere y’igihe,nyamara hari ingaruka mbi nyinshi usanga zituruka kuri uwo mubano . Aha umuntu yakwibaza ati ;’’Ese birakwiye ko umukobwa ajya kubana n’umuhungu bakundana mu nzu imwe batashyingiranwa’’ Iyo uganiriye n’urubyiruko rw’abakobwa ndetse n’abahungu usanga babyemera mu buryo butandukanye bamwe (...)
-
Ibyo ukorera umukozi wo mu rugo agakeka ko wifuza ko muryamana
Nubwo abakoresha abakozi bo mu rugo basabwa kubafata neza kuko nabo ari abantu nk’abandi, nanone hari abo usanga barengera ugasanga umukozi wo mu rugo yakwinjiriye mu buzima. Muri iyi nkuru turibanda cyane ku myitwarire y’abakoresha ituma abakozi bo mu rugo bakeka ko babashurashuraho ( bifuza ko baryamana). Twabashije kubona abakozi 2 b’abakobwa n’abandi 2 b’abahungu bavuga ko mu kazi kabo hari ubwo abakoresha babo baba bashaka kubagusha mu mutego ngo baryamane, bakabereka ibimenyetso gusa (...)
-
Imico wagira igatuma umugabo wawe agaruka mu rukundo
Mu mibanire y’abashakanye hari ubwo bamwe bagera mu gihe kitoroshye urukundo rukibagirana burundu, ugasanga umugabo atakita ku mugore we nkuko byahoze mbere. Nyamara burya urukundo ntiruba rukwiye gusaza, ahubwo rugomba guhora ari rushya hagati y’abashyingiranywe bigasa nkaho aribwo rugitangira. Ushobora rero kuba wenda uvuga ko ibyo kutakwitaho byatangiwe n’umugabo wawe, ubu akaba atacyikwikoza cyangwa se ngo umurebe wumve umwishimiye nkuko bikwiye mu rugo runezerewe. Aho gukomeza kumva ko (...)
-
Uko wafasha umwana ukunda kuvumbura
Hari ubwo umwana aba akunda kuvumbura, akubaganya ibintu cyane ugasanga ababyeyi bo babifata nabi bamwita inkubaganyi ndetse bakanamuha ibihano bituma acika intege. Ni muri urwo rwego tugiye kureba bimwe mu biranga umwana ukunda kuvumbura n’uko uzamufasha kugirango usigasire impano ze. Ni hehe umwana ukunda kuvumbura yigaragariza ? Hari ibintu byinshi umwana ashobora gukora bikagaragaza ko yifitemo kuvumbura cyane. Bimwe muri byo harimo imikino yo kubaka, gukora ibikinisho bye ( ibipupe, (...)
-
Ibibazo abakozi bo mu ngo bagira ku biryo bagaburirwa
Ubuzima ingo zibaho hari ibiryo bimwe baba bahaha hakaba n’ibyo bahaha gake cyangwa se bakaba batanabihaha na rimwe kuko batabirya cyangwa se bakaba bamugaburira ibitandukanye n’ibyabo. Iyo umukozi wo mu rugo ageze ahantu nkaho atarya nkuko abyifuza usanga bakoresha ubundi buryo ngo agere ku byo akunda rimwe na rimwe bikagira ingaruka ku mukoresha we. Abakozi bane twaganiriye batubwiye uko babyifatamo igihe bahuye n’ibibazo bijyanye n’ibiryo bagaburirwa. Uwitwa Ange ni umukobwa w’imyaka 23 (...)
-
Igihe cyiza mwaganira ku bibazo by’urugo
Kutamenya igihe cyiza cyo muganiriraho ibibazo byo mu rugo ni kimwe mu bituma ibibazo by’ingo bidakemuka. Nkuko Charlotte, umujyanama w’ingo abivuga, intambwe ya mbere yatuma ibibazo mufitanye nk’abashakanye bikemuka, ni ukumenya igihe cyiza cyo kubiganiraho. Dore igihe cyiza mwaganira ku bibazo by’urugo Igihe uwo mwashakanye atananiwe cyane: kuba umuntu ananiwe ukamubwira ibibazo bituma arushaho kunanirwa kandi ari wowe wakagombye gutuma aruhuka. Igihe ufite ikibazo ushaka kubwira uwo (...)
-
Ibyatuma ugirirwa icyizere n’umusore mwenda kubana
Hari ibintu byinshi ushobora gukora uri mu rukundo n’umusore mwenda kubana,bigatuma umukunzi wawe mubana neza nta rwikekwe,agahora agufitiye icyizere kuko akenshi kutagirirana icyizere nibyo bituma urukundo rugenda rukendera,rukaba rwanashira burundu nkuko bisobanurwa na Stephan Labossiere mu gitabo yise‘’He who finds a wife’’. Bimwe mu byatuma umukunzi mugiye kubana akugirira icyizere 1.Gusohoza amasezerano : abantu benshi usanga batita ku kintu cyo gusohoza amasezerano wasezeranije (...)