-
Umwana uterwa allergies n’amata nuko wamufasha
Hari ubwo usanga abana badakunda amata y’inka kuko umubiri wabo uba udakorana nayo ( allergique au lait de vache) ndetse ugasanga n’ibiyakomokaho nabyo umwana abirya akagira ibibazo cyagwa se akaba atanabikunda. Mu gihe rero umwana wawe ameze gutyo hari ibyo uba ugomba kumukorera byamufasha. Abenshi bagira allergies ku mata yo kunywa ariko hari nabo usanga baterwa allergies n’ibikomoka ku mata, amavuta bisiga arimo amata ( ikimuri n’andi mavuta akorwa yakoreshejwe amavuta akomoka (...)
-
Uburyo bworoshye wavura umwana ibicurane n’inkorora
Ibicurane n’inkorora ni indwara zikunda kuzahaza abantu ariko ugasanga iyo igeze ku bana ho biba ibindi ugasanga umwana yazahaye. Nyamara nubwo izi ndwara zizahaza abana hari uburyo bworoshye buri wese yakoresha akajya afasha abana be igihe bahuye n’izi ndwara. Dore uko wavura umwana inkorora : Kumuha isupu ishyushye y’inkoko : mu bushakashatsi bwakozwe na Centre Médical ya Université ya Nebraska, basanze ko fer na zinc biba mu isupu y’inkoko itogosheje bifasha mu kuvura inkorora ku bana . (...)
-
Ingaruka zo gutonesha umwana kurusha abandi
Nkuko ubushakashatsi bubigaragaza inshuro nyinshi ababyeyi benshi bakunze kwisanga hari umwana umwe bakunda kurusha abandi. Nubwo hari ubwo umubyeyi aba yumva afite impamvu ifatika yo gukunda umwana umwe kurusha abandi , hari ingaruka nziza ndetse n’imbi zigera ku mwana wakunzwe kurusha abandi ndetse hari nubwo izo ngaruka zigera ku muryango wose muri rusange. Mu gitabo cyitwa "The Favorite Child" cyanditswe na Dr Ellen Weber Libby, inzobere mu by’imitekerereze hagaragaramo ingaruka nziza (...)
-
Uburyo wafasha umwana wanga gukoresha pot
Abana bamenya gusaba pot no kuyikoresha neza ku buryo batinyaraho cyangwa se ngo bitumen mu myenda mu kigero gitandakunye aho usanga abenshi babimenya hagati y’umwaka n’igice n’imyaka itatu. Nyara hari ubwo abana bamwe babatoza gukoresha pot bakayanga ugasanga biteye ababyeyi guhangayika cyane cyane ko hari ubwo umwana aba ari hafi gutangira ishuri hari ubwo ahubwo aba akwiye kuba atangiye kwiga gukoresha ubwiherero.Ni muri urwo rwego twifuje kubagezaho uko wafasha umwana wanze kwicara kuri (...)
-
Uko wafasha umwana warwaye impiswi
Hari ubwo abana baterwa n’indwara y’impiswi mu rugo ugasanga umubyeyi yabuze uko agira,rimwe na rimwe akaba adafite n’uburyo yahita agera kwa muganga ako kanya,ariko hari uburyo bworoheje wakorera umwana ubutabazi bw’ibanze ukamuvura cyangwa ukamugabanyiriza ububabare,binyuze mu byo kurya bigira uruhare mu guhangana n’iyi ndwara y’impiswi. Tangawizi; iyo ufashe tangawizi ukazisya ukazinika mu mazi ugaha umwana ahita akira uburibwe bw’impiswi kuko tangawizi ubusanzwe ihangana na mikorobe zo mu (...)
-
Uko wakoresha umwanya muto ufite mu gukina n’umwana
Gukina n’umwana wawe ni igikorwa kiba gikenewe kuko bituma umwana akwisanzuraho kandi bigakuza urukundo hagati yanyu. Nyamara muri iki gihe biragoye ko ababyeyi babona umwana wo kuba bakina n’abana kuko nuwo babonye usanga ari uwmanya wo kubaganiriza kuri bake babikora, abandi ukaba ari umwanya wo kureba amasomo ugasanga umwanya wo gukina n’umwana warabuze. Dore bimwe byagufasha mu kubona umwanya wo gukina n’umwana Kubiha agaciro : uramutse umenye umumaro wo gukina n’umwana ukabiha agaciro (...)
-
Uko wafasha umwana muto urakara agakubita ababyeyi
Abana bageze mu kigero cy’imyaka iri hagati y’umwe n’imyaka itatu hari ubwo usanga barwana n’ababyeyi cyangwa se abandi bantu babarera cyane cyane nko mu gihe umwana ari gukora ikosa ukamubuza uzasanga ahita arakara agashaka no kugukubita, ndetse no mu gihe uri mu bantu benshi akabikora ukumva ugize isoni ari wowe. Mu gihe umwana afite iyo myitwarire itari myiza ku bana bo mu kigero nk’icyo, hari icyo wakora ukamufasha kureka iyo myitwarire nkuko Madame Charlotte, impuguke mu by’imitekerereze (...)
-
Ibintu 5 byagufasha kuganiriza abana iby’imyororokere
Abana bakeneye kuganirizwa n’ababyeyi ku buzima bw’imyororokere kugirango nahura n’ikibazo azumve yisanzuye kubiwira ababyeyi.Dore ibintu 5 byagufasha kuganiriza umwana: Imyaka yo kubibabwira : watangira kubimuganiriza afite imyaka 8 cyangwa 9. Iyo utinze umwana akagera mu myaka irenga icum intago aba acyikumvira neza. Uko ubitangira : Igihe abikubajije cyangwa ukifashisha ikintu runaka cyateye amatsiko y’umwana. Urugero :, igihe abonye umuntu wabyaye mu muryango, igihe abonye (...)
-
Uburyo wafasha ingimbi n’umwangavu kushishikarira ahazaza
Ababyeyi bavuga ko mu gihe umwana ageze mu bugimbi cyangwa se mu bwangavu aribwo aba aruhije kumurera cyane ariko na none ugasanga aribwo akora amahitamo ye y’ubuzima rimwe na rimwe ugasanga atumvikana n’ababyeyi kuko hari ubwo ibyo ababyeyi bamwifuzaho we aba atabikozwa. Nyamara nubwo bitoroshye ariko birashoboka ko watera umwana wawe umwete agashishikarira kwita ku hazaza he. Mu gihe cy’ubugimbi n’ubwangavu ababyeyi bamwe baba bahangayikiye abana babo kuko se bamwe babona batitaye ku masomo (...)
-
Uko umubyeyi ukora yakubahiriza konsa umwana kugeza amezi 6
Konsa umwana kuva akivuka nta kindi kintu umuvangira akageza ku mezi atandatu bimufitiye umumaro munini ndetse bikanawugirira n’umubyeyi, nyamara usanga ababyeyi bamwe bananirwa kubyabahiriza Atari uko batazi umumaro wabyo ahubwo aruko bitaborohera kuba hafi y’abana ayo mezi yose ngo babonse kandi banakora. Muri iyi nkuru twifashishije impuke mu by’ubuzima mu by’iciro bitandukanye batubwira uburyo umubyeyi yakoresha akonsa umwana we amaezi atandatu nta kindi amuvugangiye kandi anakora. Nkuko (...)
-
Miss Doriane arasaba kudatamika abana urwango
Nyampinga w’u Rwanda wa 2015, Kundwa Doriane yasabye ababyeyi kudatamika abana babo ingengabitekerezo ya Jenoside aho yavuze ko ibyo byaba ari ukwicira abana ahazaza habo no kubashora mu rwango. Yagize ati “Ntabwo twazatera imbere ababyeyi birirwa batamika abana babo ingengabitekerezo ya Jenoside, umwana yazatera imbere ryari ahorana umutima w’urwango? Ntabwo bikwiye, turebe ubunyarwanda buduhuje nicyo cy’ingenzi.” Nyampinga Kundwa kandi avuga ko umuntu wagize uruhare muri Jenoside yahitanye (...)
-
Impamvu udakwiye kubuza abana televiziyo nyarwanda mu cyunamo
Muri iki gihe twibuka Jenoside yakorewe abatutsi ku nshuro ya 22, usanga ibitangazamakuru byo mu Rwanda nabyo biba byahinduye gahunda kugirango bigezeho abanyarwanda ibiganiro, indirimbo n’ibindi byabafasha kwibuka. Iyo gahunda zahindutse gutyo usanga ababyeyi bamwe batemerera abana babo kureba televiziyo zo mu Rwanda no kumva radiyo zo mu Rwanda mu gihe abana bo baba bafite amatsiko yo kumva no kureba ngo basobanukirwe. Silas ni umubyeyi ufite abana bakiri bato twaganiriye kuri iyi (...)
-
Uko wafasha umwana uhungabanywa na Jenoside atabonye
Nkuko bigaragazwa n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima (RBC), mu myaka 22 ishize ihungabana ryagiye rihindura isura aho risigaye rinagaragara mu bana batigeze babona Jenoside.Hirya no hino mu bigo by’amashuri yisumbuye ndetse no ku mu bikorwa byo kwibuka hagenda hagaragara umubare utari muto w’abana bavutse nyuma ya Jenoside bagaragaza ibimenyetso by’ihungabana n’ihahamuka. Mu gushaka kumenya uko wafasha umwana muto wahuye n’ihungabana twegereye Madamu Charlotte, impuguke mu by’imitekerereze (...)
-
Umumaro wo konsa umwana ugereranyije no kumuha amata
Kubera ubuzima busigaye busaba ko kenshi umubyeyi ataba ari hafi y’umwana we ngo amwonse buri gihe, hasigaye hitabazwa ibisimbura kumwonsa nko kumuha amata y’inka cyangwa se ay’ifu bitewe nayo umuntu ashobora kubona. Ni muri urwo rwego tugiye kureba itandukaniro ry’ibyo umwana wanyoye amata akuramo ugereranije n’uwonse amashereka. Konsa ntibigira umumaro ku mwana gusa, ahubwo binakagirira nyina. Icya mbere bituma amaraso ava nyuma yo kubyara akama vuba na nyababyeyi ikongera kwiyegeranya, icya (...)
-
Uko warinda umwana ingaruka zo kunyunya urutoki na tetines
Iyo umwana akunda kunyunya urtoki cyangwa se ababyeyi be bakaba baramumenyereje kumuha tetines, hari ingaruka bigir akuri uwo mwana ndetse zikaba zaba ingaruka z’igihe kirekire. Ni muri urwo rwego tugiye kureba zimwe mu ngaruka zigera ku mwanya ukunda kunyunya urutoki na tetines n’uburyo warinda umwana kugerwaho n’izo ngaruka. Ingaruka zo kunyunya urutoki cyangwa se tetines ku mwana : Ababyeyi bamwe bibaza niba bareka abana babo bakonka urutoki cyangwa se niba babaha tetines, icyo umwana yaba (...)
-
Uko warinda umwana guhungabanywa n’amakuru y’iterabwoba
Iyo abana bageze mu kigero cyo kumva no kureba amakuru bagasobanukirwa n’ibyo bavuze cyangwa se abakaba bayakura mu bandi bana b’inshuti zabo bigana, hari ubwo ayo makuru y’ibitero by’iterabwoba n’intambara ziri mu bihugu bitandukanye bitera umwana . Urugero nko muri iyi minsi havugwaga cyane amakuru y’ibitero by’ubwiyahuzi byabereye mu Bubiligi ku kibuga cy’indege, hari umwana w’ino mu Rwanda uri mu kigero cy’imyaka 7 warebye ayo makuru kuri televiziyo ariko nyuma aza kugaragaza ko yahuye (...)
-
Uko wafasha umwana kureka kunyara ku buriri
Iyo umwana anyara ku buriri biramubangamira ubwe detse bikabangamira n’ababyeyi ugasanga bahorora bagerageza uburyo bwose bushoboka ngo umwana areke kunyara ku buriri. Nubwo bitoroshye kubigeraho ariko birashoboka ko wafasha umwana wawe akareka kunyara ku buriri, ukabona umutekano nawe agatuza kuko nawe biba bitamworoheye. Kuba umwana yanyara ku buriri nijoro kandi ku manywa atabikora ni ibintu bisanzwe ku mwana uri munsi y’imyaka itanu kugeza kuri itandatu nubwo hari bamwe bageza muri iyo (...)
-
Amakosa abayeyi bakora agatera abana gukura batigirira icyizere
Hari imyaka umwana ageramo akumva ashaka kwigenga( autonomie) ariko itandukanye no kumva ashaka kwigenga biza mu bwangavu no mu bugimbi, kuko uko kwigenga ko tugiye kuvugaho kuza mu myaka yo hasi ndetse hari n’ababitangira bagifite amezi. Uko kwigenda kandi kugira uruhare mu kuzatuma umwana akura yifitiye icyizere ariko iyo umubyeyi atabyitayeho, betera umwana gukura atigirira icyizere. Dore amwe mu makosa ababyeyi bakorera abana bakiri abato agatuma bakura nta cyizere bagira : Kumucunga (...)
-
Icyo wakora igihe umwana yanga kurya
Bijya bibaho ko umwana yanga ibiryo ndetse bikaba byanamugiraho ingaruka ugasnaga umubiri we udakura neza, kubura integer, kurwaragurika n’ibindi. Mu gihe rero umwana wawe adakunda kurya dore uburyo wamufasha akaba yazagera aho akabikunda : Ubu buryo tugiye kubagezaho bumwe tubukesha urubuga rwa internet rwitwa Naitreetgrandir.com ariko hari nibyo twabwiwe na Anastasie Mukakayumba, umujyanama mu by’imirire ujya unafasha abana bafite ibibazo by’imirire mibi n’abadakunda kurya. Kumuha ibiribwa (...)
-
Impamvu ishobora gutera kubyara impanga zidahuje se
Nubwo bidakunze kubaho ariko birashoboka ko umubyeyi ashobora kubyara impanga zidahuje ba se kandi zose zikavukira rimwe kandi zitarasamiwe rimwe. Urugero rwaho ibi byabaye ni inkuru ikomeje gutangaza abantu cyane y’ababyeyi bo muri Vietnam basanze abana babo b’impanga badahuje ba se nyuma yo gukeka ko bashobora kuba badahuje ba se kuko bari batandukanye cyane, nyuma yo gyuopimisha ikizamini cya DNA biza kugaragra ko abo bana b’imyaka ibir badahuje ba se. Ese byaba bigenda bite kugirango (...)