Ikanzu yambarwa n’abantu bose
Yanditswe: 11-12-2014
Hari imyenda abantu bose bashobora kwambara bakaberwa dore ko hari imyenda bamwe batambara bitewe n’imyezerere yabo cyangwa se imyumvire yabo.
Iyi kanzu rero yo yakwambarwa n’abantu bose, baba abarokore bakunda kwambara bikwije baba n’abandi bantu basanzwe b’abasirimu bambara imyenda yose yaba imireremire cyangwa imigufi kuko iyi kanzu iba ikeye kandi igaragara neza.
Mu gihe wambaye ikanzu nk’iyi iri hagati, itari ngufi kandi ntibe ndende jya ugerageza gushaka agasakoshi n’inkweto bikeye kugirango urusheho gusa neza.
Gracieuse Uwadata
Ibitekerezo byanyu
5 janvier 2015, 06:38, yanditswe na kami
Iyi kanzu yaboneka gute Ku uyishaka ?
6 janvier 2015, 02:18, yanditswe na Astrida
murakoze kwishimira agasaro,iyi kanzu iyishaka wayisanga kugasaro ukajya aho basakira ukandika "ikanzu "link wayisangaho niyihttp://www.agasaro.com/spip.php?article414.