Muri iyi minsi hari hagiye gutangira kuba amakwe menshi, uyu ni umwenda umwe muyo wajyana mu makwe, cyane cyane ari ubukwe bw’umuvandimwe.
by’umwihariko iri bara risa n’icyatsi kivanze n’ubururu, rimaze iminsi riri kuri mode.
iyi moderi yerekanywe muri Kigali fashion show 2012