-
Umumaro w’urunyanya ku ruhu no ku mubiri
Inyanya ni imboga zifitiye umumaro uruhu ndetse n’umubiri muri rusange ukurikije ibizigize. Gusa kugirango ibyo bizigize ku ruhu ndetse no ku mubiri muri rusange, uba ugomba no kuzitegura mu buryo butangiza intungamubiri zirurimo. Ese inyanya zigizwe n’iki ? Mu runyanya rumwe ruringaniye (ni nka 123g)dusangamo : 22 calories (zitera ingufu ku mubiri) 5g z’amasukari 1g ya poroteyine Vitamin A, C na E Potasiyumu, folic acid, lycopene, ... Ese inyanya zivura iki ? Inyanya zituma ugira uruhu (...)
-
Uburyo wakwirinda impumuro mbi mu kwaha
Abantu batari bake usanga bafite impumuro mbi mu kwaha ugasanga bakoresha imibavu ariko bikanga hagakomeza kunuka igihe nta mubavu wasizemo. Ku bantu bagira impumuro mbi mu kwaha rero hari uburyo bworoshye bakoresha kandi bikaba umuti ubikiza burundu no mu gihe utawusizemo ugasaga nta mpumuro mbi ufite. Gukoresha indimu : Indimu ifite ubushobozi bwo kurwanya bacteries zitera impumuro mbi mu kwaha. Fata agasate k’indimu ukubishe mu kwaha urekere umutobe wayo umaremo iminota 15. Indimu kandi (...)
-
Impamvu ugomba kwihagarika umaze gutera akabariro
Hari utuntu duto abantu basuzugura ugasanga tubongereye ibyago byo kwandura indwara zimwe na zimwe kandi wari ufite uburyo bwo kuzirinda. Ni muri urwo rwego tugiye kureba ibyiza byo kwihagarika nyuma yo gutera akabariro birimo no kurinda indwara zimwe na zimwe. Usibye kuba imibonano mpuzabitsina idakingiye ishobora kuba inzira yo kukwanduza indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina, ishobora no gutuma microbes zitera infection urinaires ziyongera bityo ukaba usabwa gukoresha uburyo (...)
-
Uko warwanya ibiheri mu maso ukoresheje Concombre
Kwita ku ruhu ukoresheje cocombre ni byiza kuri buri bwoko bw’u ruhu ariko cyane cyane kuruhu rurwaye ibiheri biba ari akarusho kuko bifasha uruhu gukuraho imyanda no kunoza uruhu. Ibikenerwa : Igice cya cocombre Igice cya yawurute (yoghurt) cyangwa itasi y’ikivuguto. Uko ubikora Uhata cocombre ukanayikataguramo uduce duto cyane Dusye tumere bk’ubugari Shyira mugasorori hanyuma ugashyiramo amata y’ ikivuguto Ubivange kugeza bibaye imvange inoze Ibyo wavanze byomeke mu maso ukoresheje (...)
-
Ingaruka zo kubyara ukuze cyane
Kubyara ukuze cyane ni ukuvuga uri mu myaka iri hagati ya 40 na 45, hari ingaruka nyinshi bishobora kukugiraho mu buzima bwawe busanzwe bwa buri munsi kandi utabiteganyaga bitewe n’ikigero ugezemo ndetse n’imikorere y’umubiri wawe. Kubura urubyaro, hari ubwo umukobwa ashobora kujya gushaka akuze cyane ari muri iriya myaka twavuze haruguru,kandi birumvikana ko aba akenye kubyara agaheka,ariko aba ashobora guhura n’ikibazo cyo kubura urubyaro mu bintu atateganyaga ariko biba bitewe n’uko igihe (...)
-
Ingaruka zo gukoresha telefoni mbere yo gusinzira
Gukoresha ibikoresho bitandukanye bisohora urumuri ruto mbere yo kuryama si byiza na gato (aha twavuga kureba televiziyo, gukoresha telefoni na tablets) kuko bitera ibibazo bikomeye bigakira ingaruka ku bwonko. Ibibabazo biterwa no gukoresha ibikoresho bifite urumuri mbere yo kuryama biba mu gusinzira, kuribwa umutwe udashira ndetse no kumva utamerewe neza mu mubiri. Sibyiza kuryama telephone yegereye umutwe wawe. Telephone nyinshi ngendanwa zikozwe kuburyo zisohora za rayon (radiation), (...)
-
Uko wakwirinda kuma no gusaduka iminwa
Akenshi iyo igihe cy’izuba kigeze usanga abantu benshi iminwa yabo yumwe ndetse kuri bamwe ikanasaduka ugasanga hariho udesebe ikanava hakajya haza amaraso. Gusa hari nabo usanga ariko bihora no mu gihe cy’imvura iminwa yabo igahora yumagaye. Ku waba abiterwa n’izuba cyangwa se akaba ariko ahora buri wese afite uburyo bworoshye yakoresha iminwa ye akayirinda kumugana igahehera. Ese ni iki kibitera ? Kurigata iminwa : ibi akenshi abantu babikor abaziko bari kubobereza iminwa ariko amacandwe (...)
-
Ibitera kugabanyuka kw’ububobere nuko wabwongera
Ubusanzwe umugore wese uri mu myaka yo kuba yabyara, ubwo ni ukuvuga kuva umukobwa abonye imihango ye ya mbere kugeza ayibuze, cyangwa acuze (menopause), aba afite mu gitsina hahora hatose ari byo byitwa ububobere. Ubu bubobere buratandukana ku bantu, hari abagira bwinshi n’abagira bucye, gusa hari n’abatagira na bucye ibi bikaba ari uburwayi buvurwa. Ububobere ubusanzwe buba ari ururenda rw’umweru, gusa mu gihe cy’uburumbuke birahinduka bikaba nk’umweru w’igi ribisi kandi rukarenduka. Ubu (...)
-
Sobanukirwa n’uruhu rw’amavuta nuko warwitaho
Hari ubwo ibibazo by’uruhu ugira ubiterwa no kuba udasobanukiwe ubwoko bw’uruhu rwawe nuko warufata ugasanga uhorana ibibazo ku ruhu kuko utabisobanukiwe. Ni muri urwo rwego tugiye kureba ubwoko bw’uruhu ruba rufite amavuta menshi ( peau grasse) nuko warufata neza rugasa neza. Ibiranga uruhu rw’amavuta Uruhu rw’amavuta rukunze kurangwa no kurwara uduheri duto twinshi mu maso ugasanga runafite twa tuntu tw’umweru dusohoka mu ruhu cyane cyane ku mpande y’izuru, ku kananwa no mu gahanga kandi (...)
-
Ibyo uzitondera nukora imibonano mpuzabitsina uri mu mihango
Bijya bibaho ko umuntu ashobora gukora imibonano mpuzabitsina mu gihe ari mu mihango cyane cyane ku bantu bataribwa mu minsi y’imihango cyangwa ngo bagire ikindi kibazo,maze kuba bakora imibonano mpuzabitsina bakumva nta kibazo bibateye cyangwa se uwo bayikorana nawe nta kibazo bimutera,ariko burya hari ibyo kwitondera iyo wiyemeje kuyikora imihango itarashira. 1. Iyo wiyemeje gukora imibonano mpuzabitsina mu gihe cy’imihango,ugomba gukaraba neza mu gitsina ako kanya ugiye kuyikora kuburyo (...)
-
Uko karoti ikoreshwa mu kwirinda indwara no kwivura.
Nubwo iyo turwaye twivuza, ariko burya kwirinda biruta kwivuza. Kimwe mu bintu byagufasha kwirinda indwara nyinshi zitandakanye harimo karoti iyo ikoreshejwe neza. Kuva mu myaka ibihumbi ishize, muri Afuganisitani batangiye guhinga karoti. Karoti ni igihingwa gifite ibara risa na oranje, riri hagati y’umutuku n’umuhondo. Ifasha muri byinshi, haba mu kurinda no kuvura. Gusa kuri ubu ntaho karoti itaboneka ahubwo kuba itaturirinda cyangwa se ngo ituvure indwara biterwa no kutayiha agaciro no (...)
-
Ibyo wakoresha ukagira uruhu rufite itoto
Iyo ufite uruhu rukanyaraye mu maso bituma ugaragara nk’uwashaje niyo waba ukiri muto gusa hari uburyo wakoresha bworoshye ukaba wahorana uruhu rufite itoto niyo wasaza abantu bakajya bakwitiranya n’abakiri bato kuko uruhu rwawe ruba rugitoshye. Ibintu wakoresha biri mu by’iciro bibiri harimo kwirinda ibitera uruhu gusaza vuba ndetse no gukora mask zigarurira uruhu itoto. Ibyo uzirinda bituma uruhu rusaza vuba : Kwitegeza izuba : uko uruhu rukubitwa n’imirasire y’izuba cyane niko biruha (...)
-
Uko wakwirinda kubyibuha inda ugeze muri menopause
Abagore bageze mu gihe cyo gucura( menopause) bakunda guhura n’ikibazo cyo kuba bakiyongera ibiro cyangwa se ugasanga yazanye ibyo bakunda kwita “Ibinyenyanza” no mu nda hakaguka bityo ugasanga ibibazo bishamikiye rimwe na rimwe k’umubyibuho ukabije biriyongera. Kubyibuha inda ugeze muri iyi myaka ahanini biterwa nuko habaho kwirundanya kw’amavuta ( graisses) mu mubiri bigatuma umugore ahinduka mu miterere ye aho uzasanga cyane inda ariyo yibandwaho mu gihe ibindi bice nk’ikibuno n’ahandi (...)
-
Uko wakuraho amabara y’inzobe aza ku mubiri
Hari amabara y’inzobe ( les taches brunes) ajya aza ku mubiri ahantu hatandukanye haba mu maso ku maboko, ku maguru n’ahandi ugasanga yangije umuntu. Ayo mabara akunze kuba ari mato mato ahanini aterwa n’izuba cyangwa se no gukura, hari uburyo wayivura umubiri wawe ugasa nkuko wahoze. Dore uko wabigenza : Koresha umutobe w’indimu kuko indimu yifitemo acides za AHA zituma ituremangingo tw’uruhu twongera kuba dushya. Iyo ayo mabara yabaye umukara aho kuba inzobe akaza ku ntoki no ku maboko naho (...)
-
Ibiryo uzirinda kurya mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina
Ibiribwa bimwe na bimwe bigira ingaruka mbi ku gikorwa cyo gukora imibonano mpuzabitsina ugasanga atari byiza gufata ibyo biribwa igihe uzi ko uri buze gukora imibobano mpuzabitsina. Dore bimwe muri ibyo biribwa uzirinda mu gihe uzi ko uri buze gutera akabariro mu mwanya uri imbere : Amafiriti : Hari ubwo umuntu amara kurya amafiriti akamara umwanya muto yumva ameze neza ubundi agahita acika intege ku buryo bishobora kukubaho mu gihe watangiye imibonano ukaba ucitse intege. Kenshi ibyo (...)
-
Impamvu ugomba kurya ipera buri munsi
Amapera ni zimwe mu mbuto zifite intungamubiri zinafatiye runini ubuzima bwacu nubwo usanga hari bamwe bataziha agaciro kuko urebye wasanga ziri mu mbuto zidahenda ku isoko ndetse usanga zarimejeje ahantu henshi ariko abenshi ntibazitaho kuko batazi umumaro wazo. Dore Impamvu ugomba kurya ipera rimwe ku munsi ukurikije umumaro utangaje rifitiye umubiri wa muntu : Amapera ari mu mbuto z’ingenzi zikize kuri vitamini C. ubushakashatsi bwagaragaje ko amapera akubye 4 vitamini C iboneka mu (...)
-
Impamvu hari abisiga amavuta y’umucango kandi bazi ingaruka zayo
Ntibisanzwe ko umuntu amenya ibibi by’ikintu agakomeza kugikora, nyamara bamwe mu bisiga amavuta azwi ku izina ry’umucango cyangwa se “mukorogo” bo bavuga ko usibye kuba ariya mavuta yabura mu gihugu naho ko ibindi byo by’ingaruka bavuga bitazababuza kuyisiga. Uwitwa Liliane ni umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 27 avuga ko amaze imyaka ine yisiga amavuta y’umucango kandi ko iby’ingaruka byo ntacyo bimubwiye. Yagize ati : “ Ibyo by’ingaruka ndabyumva nanize kaminuza ndabisoma henshi abantu babivuga (...)
-
Ibiribwa byongera ubushake bwo gutera akabariro
Bijya bibaho ko umwe mu bashakanye aba adafite ubushake bwo gutera akabariro ugasanga bitumye urukundo rwabo ruzamo agatosi kuko nkuko bizwi gutera akabariro biri mu bintu by’ingenzi bituma urukundo rw’abashakanye rukomeza gusagamba. Mu gihe rero ufite ikibazo cyo kutagira ubushake bwo gutera akabariro, dore ibiribwa byagufasha : Imineke na avoka : Imineke n’avoka biri mu buiribwa bifasha mu kongera ubushake bwo gutera kabariro kuko bituma umusemburo utuma habaho ubushake bwo gutera akbariro (...)
-
Amakosa 8 atuma uruhu rusaza vuba
Abantu bamwe usanga bakora amakosa rimwe na rimwe batabize ugasanga bitumye uruhu rwabo rusaza vuba rukazana iminkanyari kandi bakiri bato. Nyamara ay makosa iyo uyirinze usanga uruhu rwawe ruhorana itoto kandi rugatinda no gusaza. Dore ayo makosa ugomba kwirinda mu kubungabunga uruhu rwawe : Kutarya imbuto n’imboga : Imbuto n’imboga biri mu birinda indwara ariko by’umwihariko bifasha uruhu rwacu gusa neza no kururinda gusaza . iyo utarya imboga n’imbuto bihagije bituma n’uruhu rwawe rusaza (...)
-
Ingaruka zo koga isabuni no gutera imibavu mu gitsina
Koga isabuni mu myanya myibarukiro y’ umugore no guteramo imibavu ihumura wibwira ko bizana impumuro nziza,bifite ingaruka nyinshi tugiye gusobanura nkuko bitangazwa n’umuganga w’inzobere mu bijyanye n’ubuzima bw’imyerorokere Dr. Ben Kim mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru green fertility. Kubura ububobere ; kogesha isabuni ubonye yose mu myanya y’ibanga y’umugore, bituma atagira ububobere na bukeya ku buryo nta matembabuzi aba afite Impumuro mbi ;gukoresha amasabuni mu gihe umugore agiye koga (...)