-
Amayeri abakozi bo mu rugo bakoresha bakagavura abakoresha babo
Abakozi bo mu rugo bamwe na bamwe usanga bafite amayeri bakoresha bigatuma bajya biba abakoresha babo ntibabimenye. Abakozi bo mu rugo bagera kuri 3 bavuga ko bakoresha amayeri atandukanye mu kwiba abakoresha babo ku buryo abakoresha batamenya ko bajya babiba. Kubeshya ibiciro byo kuri butike : Umwe mu bakozi twaganiriye yagize ati : “ Ba boss banjye rwose ndabagavura iyo bantumye kuri butike kuko ndabizi neza ntibaba bazi uko ibintu bigura. Niba bantumye ikintu muri boutike bwa mbere (...)
-
Ibintu 6 bikwereka ko uwo mwashakanye agikunda uwahoze ari umukunzi we
Hari igihe umuntu agira umukunzi mu buzima bagatandukana baba barabanye cyangwa se batarabana nyuma ugasanga ashatse umugore ariko urukundo rwe ntirube rwaravuye kuri wa wundi wa mbere. Umuntu ugikunda uwo bahoranye mbere, uzamubwirwa n’ibi bimenyetso : Uzasanga abafata nkaho muri mu marushanwa : Ubusanzwe iyo uri umugore w’umugabo cyangwa ukaba ukaba umugabo w’umugore ntugombera kugira undi murwanira uwo mwanya. Ariko niba ubona ko umeze nkaho urwanira uwo mwanya n’uwahoze ari umukunzi w’uwo (...)
-
Uko wabana neza n’umugabo mudahuje idini
Birashoboka kuba ubana n’umugabo mudahuje idini umwe asengera mu idini runaka n’undi mu rye ndetse ugasanga umugabo ntiyishimiye ko umugore asengera aho ashaka bigateza imibanire mibi hagati yabo ariko hari uburyo umugore yabigenza ntibigire icyo bihungabanya ku mibanire ye n’umugabo. Gukundisha umugabo idini yawe : iyo usenga mu idini cyangwa mu itorero runaka mudahuriyeho n’umugabo,uba ugomba kumwerera imbuto nziza mu mibanire yanyu ya buri munsi kandi umubwira ibyiza by’itorero usengeramo, (...)
-
Dore uko wakwitwara mu gihe umenye ko umugabo wawe aguca inyuma
Bijya bibaho ko umwe mu bashakanye ashobora guca inyuma bikaba byanabatandukanya kuko n’amategeko yemera ko ari icyaha gikomeye ku bashakanye ,ariko hari uburyo bwo kwitwara mu gihe umenye ko uwo mwashakanye aguca inyuma kandi mugakomeza kubana neza. Kwihanaganirana ; kwihangana ni kimwe mu bisubizo by’ibibazo bya muntu, niyo mpamvu iyo umenye ko umugabo wawe aguca inyuma uba ugomba kumwihanganira ukumva ko ibyabaye bishobora kuba byabaye impanuka akagwa mu cyaha cyo kuguca inyuma kuko (...)
-
Amabanga utagomba kumenera umuhungu mukundana
Hari amabanga umukobwa aba atagomba kumenera umuhungu bakundana, kandi atari ukumwanga ahubwo kugira ngo bitaba byabaviramo intandaro yo gutandukana,kuko ushobora kubimubwira akabifata nabi cyangwa akumva ko atazagushobora. Aamateka y’abahungu mwakundanye ; si byiza kpo umukobwa bwira umuhungu bakundana amateka ye yo mu rukundo ngo ashyiremo nuko yabanaga nabo mu rukundo rwabo cyangwa ngo usange ahora abavuga ibigwi.ibi bishobora kurakaza umuhungu cyangwa kumva ko ubwo ukibuka ibihe byiza (...)
-
Impamvu abagabo baryamana n’abakozi bo mu rugo
Ikibazo cy’abakozi bo mu rugo baryamana n’aba nyiri ingo usanga kiri mu bibazo byugarije ingo nyinshi nyamara usanga impande zose zitana ba mwana buri wese agatanga impamvu irutuka ku wundi. Mu kiganiro twangiranye n’abantu barebwa n’iki kibazo harimo abakozi bo mu rugo, abagore n’abagabo bubatse ingo badusanjije impamvu zitera abagabo kuryamana n’abakozi. Uwihirwe Clarisse ni umukobwa w’inkumi umaze imyaka igera kuri irindwi akora kazi ko mu rugo mu kiganiro twagiranye yatubwiye ko mu ngo (...)
-
Amabanga 10 yatuma urugo rwanyu rukomera
Hari amabanga icumi mwakoresha bigatuma urugo rwanyu rukomera ndetse n’urukundo rwanyu rukiyongera bikazatuma musazana mu mahoro. Muri iyi minsi aho usanga ingo nyinhsi zitandukana bitamaze kabiri byaba byiza ukurikije amabanga akurikira kuko yagufasha kugira urugo rurambye : Kwibukiranya ibihe byiza mwagiranye : Ese mu rugo rwawe mujya mugira umwanya wo kwibukiranya ibihe byiza mwagiranye cyangwa muhora mu bubazo by’urugo mukibagirwa ko urukundo narwo rukenewe kubagarirwa ? Ni byiza rero ko (...)
-
Dore amagambo utagomba kubwira umuhungu mukundana
Hari amagambo umukobwa ashobora kubwira umuhungu bari kumwe mu rukundo akaba yarakaza umuhungu cyane ndetse bikabaviramo no guhagarika umubano n’inzira y’urukundo bari barimo kabone nubwo waba umubwira ukuri. Inshuti zanjye ntizigukunda ; si byiza ko ubwira umuhungu mukundana ko inshuti zawe zitamwiyumvamo kuko bishobora kumurakaza cyane ndetse ukaba ubibye urwango hagati ye na bagenzi bawe.iyo amenye ko batamukunda kandi akabona wowe mukomeza kugirana imishyikirano n’ubucuti bugakomeza,ahita (...)
-
Dore ibintu by’ingenzi abagore bavuga ko biranga umugabo mwiza mu rugo
Hari uburyo umugabo ashobora kwitwara mu rugo,ugasanga bishimisha umugore we kandi bikifuzwa n’umugore uwariwe wese nkuko bamwe mu bagore twaganiriye babidutangarije mu kiganiro kirambuye. Aba bagore bubatse twaganiriye hari bimwe bahuriyeho mu guhamya umugabo mwiza uwariwe bagendeye ku myitwarire iranga umugabo mwiza. 1.umugabo umenya guhahira urugo ;nkuko Tuyambaze umwe mu bagore bubatse twaganiriye,amaze imyaka 7 mu rugo ahamya ko umugabo mwiza mu rugo ari urumenyera ibikenewe (...)
-
Dore uburyo bwiza bwo gusaba imbabazi ku bantu bakundana
Rimwe na rimwe abantu bakundana bashobora kugirana ikibazo,ugasanga umwe yakoreye ikosa undi ariko hakaba ikibazo cyo kutamenya uburyo wakoresha usaba imbabazi umukunzi wawe igihe wamukoreye ikosa kandi gusaba imbabazi ni kimwe mu bikomeza umubano mwiza w’abakundana. Ubu ni uburyo 6 wakoresha usaba imbabazi bikumvikana vuba ku mukunzi wawe wakosereje. 1. kwemera ikosa : igihe cyose utaremera ikosa wakoreye uwo mukundana ntabwo uba wari wageza igihe cyo gusaba imbabazi kandi utemeraikosa (...)
-
Ibintu abakozi bo mu gikoni banga
Hari ibintu abakozi bo mu rugo bakora akazi ko guteka banga ndetse bikaba biri mu bituma abakozi bakora akazi karimo ako guteka bahora bahinduranya ingo bakoramo, bitewe nuko abakoresha babo babakoreye ibyo bintu bavuga ko bibabangamira. Twaganiriye n’abakozi bo mu rugo 4 bakora akazi ko guteka batubwira bimwe mu bintu abakoresha babo bajya babakorera bikababangamira ku rwego rwo hejuru. Guteka ibiryo ntibibabiryeho : Clarisse ni umwe mu bakozi twaganiriye yagize ati : “ Maze igihe nkora (...)
-
Amakosa umukobwa ukundana n’umuhungu arusha imyaka azirinda gukora
Hari ubwo abantu bakundana ariko ugasanga umukobwa ari mukuru cyane k’umusore,amurusha nk’imyaka iri hejuru y’itanu bigatuma ahorana ipfunwe bitewe n’imyatwirie uwo mukobwa amugiraho ndetse rimwe na rimwe umukobwa nawe akumva bimuteye isoni. Mu rwego rwo gusigasira umubano wanyu hari uburyo umukobwa yafata iya mbere mu gukuraho ako kantu ko guhora bumva bibateye isoni. Ayo makosa twayanditse dushingiye ku bitekerezo twahawe n’umusore umwe wakundanye n’umukobwa umuruta nyuma bakaza gushanwa (...)
-
Uko wakumira amakimbirane hagati y’umukozi wirirwana na nyokobukwe
Hari ubwo umukozi wo mu rugo usanga aba atabana neza na nyokobukwe igihe mwahisemo kumuzana mu rugo kubera impamvu zitandukanye ndetse ugasanga iyo mibanire mibi itaba ku mukozi umwe gusa ahubwo ugasanga umukozi wese uje atabana neza n’uwo mukecuru. Mu rwego rwo gukumira iyo mibanire mibi hakiri kare dore ibintu wakora bikabigufashamo : Kwigisha umukozi uko agomba kubaha umukecuru : Hari abakozi usanga binubira ko mu rugo hirirwa umuntu mukuru uba uri bumenye ibyo birirwamo bigatuma bumva (...)
-
Amakosa ukora ugatera uwo mashakanye kwanga ababyeyi bawe
Mu ngo zimwe na zimwe usaka abakazana cyangwa se abakwe badacana uwaka na ba nyirabukwe, nyamara nkuko bitangazwa na Charlotte , umujyanama mu by’ingo, hari ubwo usanga umwe mu bashakanye afite uruhare mu gutera amakimbirane hagati y’uwo bashakanye n’umuryango avukamo mu gihe akoze amwe mu makosa akurikira : Kwirengagiza ko wagize umuryango mushya : mu gihe wari ukiri ingaragu utarashaka hari ibyo wacyemuraga mu muryango w’imwanyu kuko nta wundi muryango wabaga ufite, ariko mu gihe wagize (...)
-
Menya uko wakwitwara igihe umusore mukundana akwanze ku munsi w’ubukwe
Hari ubwo umukobwa ashobora kubengwa n’umuhungu bakundanaga,akamubenga mu gihe bariho bategura ubukwe bukaba bwanapfa ku munsi nyirizina bwagombaga gutaha, ariko burya hari uburyo bwiza bwafasha uwahuye n’icyo kibazo nkuko madamu Jacky Mukabaramba yabigarutseho mu kiganiro twagiranye kuri iyi ngingo atubwira uko umukobwa yakwitwara mu gihe yabenzwe ubukwe bwegwereje. Madamu Jacky mukabaramba,umujyanama w’ingo wabigize umwuga ndetse wanabyigiye agira inama umukobwa wahuye n’ikibazo cyo (...)
-
Icyo wakora iyo umugabo wawe akubuza kujya mu kazi ?
Hari igihe umugabo atemerera umugore kuba yajya mu kazi ndetse rimwe na rimwe akamubwira ko ibyo akeneye byose azabimukorera ariko akaguma mu rugo ntajye mu kazi. Mu gihe wumva ko bikubangamiye kuko ababuzwa kujya mu kazi atariko bose bibabangamira dore uburyo wabyitwaramo ukabisohokamo neza kandi mutameranye nabi. Jya utega amatwi ubusobanuro aguha : Hari ubwo umugabo aba afite ubwoba bw’uburere bw’abana akakubuza kujya mu kazi kugirango ubiteho ku buryo aba yumva ko kukubuza kujya mu (...)
-
Dore ibimenyetso byakwereka ko umusore mukundana nta gahunda yo kubana agufiteho
Hari ibimenyetso by’ingenzi ushobora kureberaho umuhungu mukundana ukamenya ko nta gahunda afite yo kuzabana nawe nubwo mwaba mumaranye igihe kinini mukundana ndetse ubona akwereka urukundo rukwiye ariko rukaba nta musaruro ruzagira bigasa no kugutesha igihe gusa. Bimwe muri ibyo bimenyetso ni ibi : Ntajya akubwira gahunda agufitiye ahazaza ; iyo umuhungu mukundana nta gahunda afite yo kuzagushyira mu rugo, ntushobora kumva yivugisha iby’ahazaza ngo abe yakubwira ibyo ateganya mu minsi (...)
-
Uko witwara iyo uwo mwashanye afite ipfunwe ry’uko atize
Hari uburyo umugore n’umugabo babana badahwanyije amashuri cyangwa umugabo atarageze mu ishuri kandi umugore we yarize ndetse hari n’ubwo usanga yaraminuje ariko ugasanga ibyo bibangamira imibanire yabo ya buri munsi. Hari uburyo yakwitwara bakabana neza ntunamenye ko ako kantu karimo. Kwirinda kumwiyemeraho ; si byiza ko uwize yiyemera ku wundi yitwaje ko amurusha amashuri kuko ibyo bigaragaza agasuzuguro bikaba byatera umutima mubi bigatuma hazamo amakimbirane nkuko bamwe bijya (...)
-
Dore uburyo wakoresha ubwira umuhungu ko umukunda
Hari ukuntu umukobwa ashobora kubona umusore runaka akamwishimira ndetse akumva amukunze ariko kubimubwira bikamugora cyane,nyamara hari uburyo bwiza wabinyuzamo bikakorohera kandi nawe agahita yakira vuba icyifuzo cyawe. Kumuganiriza ; mu gihe wumva ko hari umuhungu wihebeye ariko ukajya ugira isoni zo kumubwira ikikurimo waba umutinya cyangwa ukeka ko ashobora kutakira icyifuzo cyawe,ubanza kujya umuganiriza bisanzwe ukamwigiraho inshuti isanzwe cyangwa umuntu muziranye gusa.Ibi ni byo (...)
-
zimwe mu mpano abakundana batanga ku isabukuru y’amavuko
Ku isabukuru y’amavuko y’umuntu mukundana, hari ibintu byinshi ushobora gukora ugamije kumushimisha. Bimwe mu bikunze gukorwa mu Rwanda ni ibi : Kumukoreshereza gateau ; ku munsi w’isabukuru y’amavuko ushobora gukoreshereza gateau uwo mukundana. Haba habaye ibirori byo kuwizihiza cyangwa bitabaye, wowe nk’umukunzi we uba ugomba kubizirikana ukayimutegurira Gukoresha Carte postale ; ku munsi mukuru w’amavuko ni byiza kumuha urwibutso rwa carte postale rwanditseho amagambo meza yuje urukundo (...)
0 | ... | 80 | 100 | 120 | 140 | 160 | 180 | 200 | 220 | 240 | ... | 300