-
Ingaruka zo kwambara imyenda ihambiriye
Iyo wambaye imyenda iguhambiriye biba ari ugushyira ubuzima bwawe mu kaga. Abenshi usanga bambaye imyenda ibegereye cyane kuko bavuga ko imyenda iri kuri taille ariyo ibabera, ariko iyo birenze kuba kuri taille ugasanga imyenda yaguhambiriye, hari ingaruka mbi igira ku mubiri. Dore ingaruka zigera ku bantu bambara imyenda ibafashe cyane : • Uburyaryate mu mubiri ;iyo wambaye imyenda igufashe uzumva utuntu tukwiruka mu mubiri tw’uburyaryate ku buryo uba ushaka kwishima • Infections zifata (...)
-
Imirimbo yo ku maboko wakwambara muri iyi minsi yo kwibuka abazize Jenoside
Hari udukomo two ku maboko(bracelet) wakwambara muri ibi bihe byo kwibuka abazize Jenosode yakorewe abatutsi mu 1994. Utwo dukomo akenshi usanga twanditseho amagambo ashishikariza abantu kutasazubira muri Jenoside na rimwe( Never Again), amagambo yamagana abapfobya n’abakakana Jenoside n’amagambo aremamo abantu icyizere. Usanga utwo dukomo(bracelet) dufite amabara atandukanye ariko utwinshi tuba dufite ibara rya move(purple) n’ibara ry’ivu, hari udukomo twa plastic ushobora gukoresha (...)
-
Ibyo kwitondera igihe wambaye imyenda migufi
Kwambara imyenda migufi hari icyo bisaba uba ugomba gukurikiza kugirango ube wasa neza kurushaho kandi utabangamiwe cyangwa se ngo ubangamire abandi. Dore ibyo gukurikiza igihe wambaye imyenda migufi : Kumenya uko bitwara igihe wambaye imyenda migufi : kwambara imyenda migufi ari uko wiganye abandi bishobora kugukoza isoni kuko hari uburyo uba ugomba kwitwara iyo wambaye imyenda migufi harimo uburyo bw’imyicarire, uko witwara igihe ukeneye kunama, igihe ugiye kujya kuri moto n’ibindi. (...)
-
Ubusobanuro bw’umurimbo wambarwa ku kuguru
Kwambara umukufi ku kuguru usanga abantu babiha ubusobanuro butandunye aho bamwe babiha ubusobanuro butari bwiza abandi nabo bakemeza ko ari ntacyo bitwaye. Bumwe mu busobanura butandukanye burimo ibijyanye n’umuco w’abantu cyangwa se igihugu, bigaragaza umuntu usirimutse, babikora bishimisha bisanzwe, kuba ufite ikirenge cyiza abandi nabo bavuga ibiganisha ku busambanyi( uburaya). Hari ibihugu usanga kwambara umukufi ku kirenge ariwo muco wabo, urugero nko mu Buhinde igihe umukobwa ari (...)
-
Amasakoshi agezweho n’aho wayakura muri Kigali
Abakobwa n’abagore bakunze kwitwaza amasakoshi yo mu ntoki bitewe naho bagiye,ariko muri iy’iminsi hari ubwoko bw’isakoshi ikunzwe cyane, ushobobora kurimbana ugiye ahantu hatandukanye. N’ubwo muri iki gihe hari ubwoko bw’amasakoshi butandukanye (handbags), hagezweho isakoshi yo mu bwoko bwa MK(Michael kors), iyo ni mark ikunzwe cyane n’abakobwa ndetse n’abagore, ishobora buba ikozwe mu ruhu cyangwa mu myenda. Hari izifite aho gufata mu ntoki, ni ukuvuga kw’akundi ucengezamo akaboko ku (...)
-
Ubwoko bw’amaherena agezweho ku bakobwa
Muri iyi minsi hagezweho ubwoko bw’amaherena magufi ku bakobwa kuko usanga ariyo yambawe cyane, yambarwa mu birori ndetse n’ahandi hatandukanye. Ayo maherena akunzwe cyane ku bakobwa ,ashobora kuba mu bwoko bwa zahabu cyangwa se imilinga. Akaba ari uduherena tuba ari duto dufashe ku matwi,. Hari utugira forme y’utu vis ariko tuturuta ubunini, utwo duherena utwambara ugiye ahantu hatandukanye, birushaho kugaragara neza iyo wafunze imisatsi cyangwa se ibisuko wabifungiye hejuru. Ayo (...)
-
Amasaha y’abagore n’abakobwa agezweho
Mu mirimbo y’abakobwa harimo n’iyo ku maboko. Mu gihe cyashize wasangaga bamwe biyambariye udukomo tw’abarasita(rasta), utw’amasaro, abandi bakambara utu bracelet twanditseho amagambo runaka , muri iyi minsi bwo usanga hagezweho kwambara amasaha. Kwambara isaha ku kaboko ni kimwe mu mirimbo ibera abatari bake, umuntu agura isaha akunda, ishobora kuba ifite umukoba w’uruhu (cuir), iya zahabu (or) ndetse n’umulinga(argent). iyo saha ushobora kuyambarana n’andi mabijoux bijyanye (assortis). (...)
-
Amategeko 7 yagufasha kumenya guhaha imyenda utangije amafaranga
Guhaha imyenda ni kimwe mu bitwara amafaranga menshi y’abagore n’abakobwa. Nubwo kwambara neza ari ingenzi hari igihe usanga amafaranga agendera mu guhaha imyenda aba apfa ubusa, kuko utakurikije amategeko afasha kumenya guhaha neza kandi utangije amafaranga. Dore ibyakurinda kwangiza amafaranga igihe ugiye guhaha imyenda ; Jya ukora urutonde rw’imyenda ushaka ; hari abantu usanga bavuye mu rugo bagiye guhaha amapantaro bagera mu isoko cyangwa se bagahura n’abantu bazunguza imyenda ugasanga (...)
-
Insokozo ijyanye n’amaherena y’ibigurudumu
Amaherena y’ibigurudumu agira insokozo bijyana zihariye ku buryo iyo umuntu ayambaye yasokoje izo nsokozo aba aberewe. Ikigurudumu ni iherena ryambarwa rifite forme y’ikizeru(zero),rishobora kuba rikoze muri zahabu(golden) cyangwa se umulinga(silver),hari amanini n’andi aringaniye. Mu nsokozo zijyana n’ibigurudumu harimo : -* coupe ; ni insokozo y’umusatsi muke,inyuma no ku mpande basigaho agasatsi gake,hejuru hariho uringaniye,hari n’abashyiramo teinture. Yo ushyizeho iherena (...)
-
Menya imyenda ijyanye n’igihe cy’ubushyuhe
Hari imyambaro ushobora kw’ambara muri ibi bihe by’izuba(ubushyuhe) ituma ugenda utabangamiwe. Muri iyo mwambaro kandi igenda itandukana bitewe naho ugiye. Imwe muri iyo myambaro harimo : Imyenda yorohereye ; Ku muntu ujya mu kazi ushobora kwambara imyenda yorohereye kandi ntibikubuze gusa neza, nubwo usanga mu tuzi tumwe na tumwe ari ngombwa kwambara ishati y’amaboko maremare n’ikoti . icyo gihe ushobora kwambara ishati ifite itisi yorohereye(lain),niyo washyiraho iryo koti (...)
-
Uko wakwambara ufite mu gatuza hanini
Ku bakobwa n’abagore bafite mu gatuza hanini usanga bamwe babangamiwe, bibaza ku myambaro cyangwa uburyo bakwambaramo bakagenda bifitiye icyizere(comfortable). Agapira k’agacurama katagaragaza mu gituza hanini Niba ufite amabere manini wirindi kwambara imyenda ikwegereye cyane nk’udupira(top) kuko usanga kakwegereye bigatuma mu gatuza harusha kugaragara ko ari hanini. Igihe wambaye ikoboyi(jeans) washyiraho agapira kandi katakwegereye nka gacurama,usanga kaba karekuye ku mabere (...)
-
Imirimbo yo mu ijosi igezweho ku bakobwa n’abagore
Inigi n’amakoliye(collier) ni bimwe mu mirimbo y’abakobwa igezweho muri iyi minsi, Usanga ziri mu moko menshi ndetse zifite n’amabara atandukanye. Zimwe muri zo harimo : Coliye ndende ; Iba ifite ishene imanutse mw’ijosi,hasi ifite umudali ,uwo mudali ushobora kugira forume y’umutima, urukweto n’ibindi. Wayambara ku gapira cyangwa isengeli wadegaje ishati,hasi wambaye i pantalo. Ishobora kuba zahabu cyangwa umulinga. urunigi ; Ni umurimbo wambarwa mw’ijosi ,ujyanishwa (...)
-
Uko wakwambara ukagaragara nkaho unanutse.
Hari igihe abantu babwirwa ko bananutse cyangwa babyibushye mu by’ukuri nta cyahindutse ahubwo ari ukubera imyambarire. Ubu ni bumwe mu buryo wakwambara niba ushaka kugaragara nkaho unanutse. Amabara : hitamo cyane amabara yijimye , cyangwa se ashushanyijeho ibintu bitagaragara cyane. Hitamo imyenda ishushanyijeho imirongo ihagaze . Uko zikase : udupira tugufi, amapantaro atereye hasi (taille basse), agaragaza kurushaho uko ubyibushye. Shyira mu mutwe ko utagomba kwambara imyenda ifashe (...)
-
Menya inkweto ziharawe n’abakobwa bita “injwiri” naho wazihahira
Ibintu bigenda bigerwaho ubundi bigahararukwa ku buryo iyo waguze umwenda cyangwa se inkweto nyuma bikaza kuva kuri mode ugira isoni zo kubyambara. Ku bakobwa bazi kurimba kandi bagendana n’ibigezweho ubu kuri bo hagezweho inkweto bita “injwiri” Inkweto ziharawe n’abakobwa bakunze kwita” injwiri”, ziri mu bwoko butandukanye, hari iziri hasi, hari izifite agatalon gato.izonkweto nanone hari iziba zizamuye,zijya kugira forme y’inkweto bakunze kwita timber(usanga ari iz’abahungu ariko hari (...)
-
Aho wahahira amaherena akoze mu bitenge muri Kigali
Amaherena adoze mu bitenge n’inigi zayo ndetse n’ibikomo byo mu bitenge ni ibijyanishwa (accessories) byakunzwe mu minsi ho hambere ariko no muri ino minsi hari abakibiharaye. Ku bakunda ibyo bijyanishwa dore aho wabobonera mu mujyi wa Kigali. Hari Kicukiro ku nzu yahoze ikoreramo Umurenge Sacco munsi ya IPRC Kicukiro aho amaherena aba agurishwa amafaranga igihumbi ndetse ushobora no kuhabona amaherena akozwe mu bugwegwe n’ibikomo byo mu bitenge, inigi zo mu masaro akozwe mu mpapuro, … (...)
-
Ibyo kwitwararika igihe ugihe kudodesha bwa mbere
Imyenda idodesheje muri iyi minsi igezweho ari nako abantu bagenda bitabira kudodesha amamodeli atandukanye ariko ugasanga bamwe bagitangira kudodesha bwa mbere bahita babizinukwa kubera batitonndeye ibi bikurikira : irinde modeli zifite imitako myinshi : iyo ugiye kudodesha bwa mbere jya wirinda modeli zifite imitako mmyinshi byaba ku bitenge, amabazin n’ibindi bitammbaro. Byaba byiza ujisemo modeli yoroheje ku buryo uzahora uyambara ibihe byose ntive kuri mode. Irinde kwigana abandi : (...)
-
Uko wahaha imyenda yo kwifubika mu mujyi wa Kigali
Mu buzima bwacu bwa buri munsi tuziko ibihe(saison)bigenda bihindagurika ,rimwe na rimwe ugasanga turi mugihe cy’imvura nk’icyo turimo,ubundi ugasanga ni igihe cy’izuba,ariyo mpamvu muri iki gihe cy’imbeho ugomba kumenya ibyo wakwambara. Muri iyo myenda yo kwifubika harimo udukoti twa caguwa n’utwa magasin. Udukoti two kwifubika twa magasin udusanga mu mashop( amaguriro) yo mu mujyi atandukanye,nko kwa Mr. Price( KCT) uhasanga udukoti dushya two kurimbana,wakwambara ku mwenda ushaka (...)
-
Menya ubusobanuro bw’amabara y’imyenda
Amabara y’imyenda agira ubusobanuro butandukanye hakurikijwe umuco n’ibindi ariko muri rusange hari aho usanga ubusobanuro buhura. Niba rero wajyaga ukunda ibara runaka utazi icyo risobanuye tugiye kukugezaho ubusobanuro butuma uzarushaho gukunda iryo bara. Ibara ry’umweru : iri bara risobanura ko umuntu ari umwere kandi ko aberwa ndetse rikongera rigahuzwa n’umucyo. Iri bara ryambarwa igihe umuntu yumva atuje kandi afite amahoro y’umutima, Ibara ry’umutuku : Iri bara ribyutsa ibyiyumviro (...)
-
Kigali : Ntibavuga rumwe ku kwambara ukikwiza
Abantu bakunze kujya impaka ku bijyane n’imyambarire aho abenshi bemeza ko umuntu wambaye neza aba ari umuntu wambaye yikwije, nyamara niyo bigeze kuri iyo ngingo nabwo usanga abakomeza kujya impaka umwe ati uwikwije n’umeze atya undi ati uwikwije aba ameze atya. Ese wowe unona umuntu wambaye neza akikwiza aba yamabye ate ? Dore bimwe mu bitekerezo bya bamwe mu bauye umujyi wa Kigali batugejejeho : Neema Umulisa ni umukobwa w’imyaka 23 tumubajije uko umukobwa wambaye neza yikwije aba yamabye (...)
-
Uko wajyanisha ikanzu igaragaza ibitugu
Abakobwa n’abagore bakunda kugirwa no guhitamo amaherena n’andi mabijoux bakwambara bakurikije imyenda bambaye ndetse n’ibyo wakwisiga nka maquillage. Muri iyi nkuru tugiye kureba uko wahitamo ibijyanishwa mu gihe wambaye ikanzu ya gorge na maquillage bijyanye Niba ugiye kwambara ikanzu igaragaza ibitugu (gorge),icyo gihe ushobora gushyiraho amaherena maremare (atendera ). Iyo amaherena ari maremare cyane agera ku bitugu mu ijosi ntacyo wambara. Iyo amaherena ari mareremare biringaniye (...)