-
Musanze : “Mbere kwikingiza Covid-19 byitabirwaga n’abagore bacuze none byarahindutse”
Bamwe mu bagore bo mu mujyi wa Musanze mu karere ka Musanze , barimo abatwite n’abonsa, bavuga ko bamaze gusobanukirwa n’akamaro ko kwikingiza covid 19 , none ubu bakaba basigaye babyitabira kugira ngo birinde kuyandura no kuyanduza abana babo. Umwe mu bagore bari baje kwikingiriza kuri site ya Kariyeri iherereye mu mujyi wa Musanze, Ugiriwabo Rose, avuga ko impamvu yaje kwikingiza covid-19 ari uko yumvise nk’umugore akwiye kugira uruhare mu (...)
-
Ababyeyi barasabwa kurohereza abana b’ingimbi n’abangavu kwikingiza COVID-19
Minisiteri y’ubuzima itangaza ko guhera kuwa 23 Ugushyingo Rwanda hazatangira igikorwa cyo gukingira COVID-19 ku bana b’ingimbi bari hagati y’imyaka 12 na 18 aho abayeyi basabwa kuzaborohereza mu kubafasha kuzuza ibisabwa ngo bikingize. Abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter, umunyamabanga wa Leta Muri Minisiteri y’ubuzima Lt Col. Dr Mpunga Tharcisse yatangaje ko iki gikorwa kizatangira kuri uyu wa kabiri taliki ya 23 Ugushyingo 2021, akangurira ababyeyi kuzuzuriza abana babo icyangombwa gisabwa (...)
-
Covid :19 : Abagore batwite n’abonsa baragirwa inama yo kudatoranya inkingo, bakikingiza izo basanze
Covid :19 : Abagore batwite n’abonsa baragirwa inama yo kudatoramya inkingo, bakikingiza izo basanze. Kuva mu Rwanda hatangizwa gahunda yo gukingira covid-19, abagore batwite n’abonsa, hari bamwe basubiragayo batikingije bavuga ko hari ubwoko bw’urukingo bashakaga batabonye. Ariko ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) kivuga ko urukingo rwiza ari uruhari. Kuva mu kwezi kwa Nyakanga muri uyu mwaka wa 2021 Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko abagore batwite n’abonsa bajya mu cyiciro (...)
-
Abagore bikingije COVID-19 batwite inda iri munsi y’amezi atatu barasaba RBC kubamara impungenge
Hari abagore batwite bavuga ko bakingiwe batwite bakiri mu gihembwe cya mbere ni ukuvuga ko bakingiwe inda itararenza amezi atatu none bakaba batewe impungenge n’urukingo bafashe nyamara amabwiriza ya OMS Umuryango mpuzamahanga wita ku buzima avuga ko ntaw’ukwiye kurufata inda irengeje amezi atatu. Mukarulinda wo mu kagari ka Kagugu ubu afite inda y’amezi atanu avuga ko ubwo yakingirwaga COVID 19 mu kwezi kwa munani gutangira yari yarasamye nyamara atabizi n’urukingo rwa kabiri yarufashe (...)
-
Abagore bahisemo umwuga wo kogosha barakangurira bagenzi babo kuwutinyuka
Iyo ugiye muri ‘salon de coiffure’ zogosha imisatsi hirya no hino mu Gihugu usanga abiganje muri aka kazi ari ab’igitsina gabo ,icyakora uko iminsi ihita indi igataha, usanga n’ab’igitsinagore bagenda binjira muri uyu mwuga bakaba basaba bagenzi babo kwitinyuka. Mu duce dutandukanye tw’u Rwanda usanga abakora akazi ko kogosha ari ab’igitsina gabo, ariko uko iminsi ishira indi igataha hari aho usanga ab’igitsinagore binjiye muri uyu mwuga bakaba bashishikariza abawutinya kwitinyuka. Uwimana Divine (...)
-
MINECOFIN:Abifuza inguzanyo nzahurabukungu hakumirwa ingaruka za Covid-19 bashyizwe igorora
Minisiteri y’imari n’igenamigambi irashishikariza abagizweho ingaruka n’icyorezo cya COVID-19 kugana ikigega cyashyiriweho kuzahura ubukungu mu Rwanda kikabafasha kubona inguzanyo ngo bazahure imishinga yabo. Byatangajwe na Dr Uziel Ndagijimana Minisitiri w’Imari n’igenamigambi, ubwo yaganiraga n’abagize inteko ishinga amategeko imitwe yombi muri uku kwezi k’Ukuboza 2021. Minisitiri Dr Uziel Ndagijimana yagize ati “iki kigega cyashyizweho muri Kamena 2020, ni gahunda ngari yashyizweho mu rwego rwo (...)
-
Abakerensa COVID-19 baributswa ko imaze guhitana abantu 1316
Abakerensa n’abatarikingiza COVID-19 baributswa ko ari icyorezo kibi kandi kimaze guhitana abagera ku 1316 nyuma y’umwaka n’amezi asaga 7 kigaragaye mu Rwanda. Imibare y’uko COVID-19 ihagaze mu Rwanda ikaba itangazwa buri munsi n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC ku bufatanye na Minisiteri y’ubuzima, hagamijwe kwerekana ubukana bw’iki cyorezo,no gushishikariza buri wese guharanira kukirinda. Nubwo RBC na Minisiteri y’ubuzima batangaza iyi mibare buri munsi,bamwe mu baturage baracyakerensa iki (...)
-
Hari abagaragara nk’abakeneye ubukangurambaga bagifite urujijo ku kwikingiza Covid-19
Bamwe mu baturage bavuga ko bafite urujijo ku cyorezo cya Covid-19 ndetse amakuru bayumvaho,ayo basoma ndetse n’ibigenda biyivugwaho kuri murandasi n’ibihuzwa na Bibiliya, bibatera impungenge, bamwe bakaba bumva batakwikingiza. Umwe mu bagabo batashatse ko amazina yabo atangazwa wahuriye n’umunyamakuru w’agasaro.com I Kabgayi, yatangaje ko yumvise anasoma amakuru menshi kuri internet, muri yo akaba yarumvise bavuga ingaruka mbi zizagera ku muntu wikingije COVID-19 yaba ku buzima ndetse no ku (...)
-
Kuzamuka kw’abandura kongeye kugaragara muri Kigali kwateye abo mu ntara impungenge
Imibare y’abandura Covid-19 ikomeje kuzamuka mu mujyi wa Kigali ikomeje guhangayikisha abatuye mu ntara muri izi mpera z’umwaka,kuko bikunze kugaragara ko abakora mu mujyi wa Kigali,bakunze kujya kwizihiriza iminsi mikuru no gusoreza umwaka mu ntara. Ibi bikaba biteye impungenge ko byazaba nyirabayazana mu kurushaho gukwirakwiza Covid-19 mu ntara bikaba byatuma naho imibare naho yiyongera. Imibare yo kuwa 13 Ukuboza 2021, igaragaza ko mu banduye covid-19 bashya 79 mu Rwanda, harimo 62 bo mu (...)
-
Nta kudohoka COVID-19 ntizi iminsi mikuru
Mu gihe iminsi mikuru ya Noheri n’ubunani yegereje,imvugo isaba Abanyarwanda kutirara no kutadohoka ikomeje kugarukwaho n’inzego z’umutekano,iz’ubuzima n’iz’ubuyobozi. Binyujijwe ku rukuta rwa Twitter rwa Minisiteri y’ubuzima hatanzwe ubutumwa bugira buti “sindohoka nambara neza agapfukamunwa,nubwo nakingiwe nkomeje kwirinda no kurinda abandi COVID-19,nsiga intera ya metero hagati yanjye n’abandi nirinda ahantu hateraniye abantu kandi hafunganye.” Izi nzego kandi zikangurira abantu kutirara kuko (...)
-
Abagore bahisemo umwuga wo kogosha barakangurira bagenzi babo kuwutinyuka
Iyo ugiye muri ‘salon de coiffure’ zogosha imisatsi hirya no hino mu Gihugu usanga abiganje muri aka kazi ari ab’igitsina gabo ,icyakora uko iminsi ihita indi igataha, usanga n’ab’igitsinagore bagenda binjira muri uyu mwuga bakaba basaba bagenzi babo kwitinyuka. Mu duce dutandukanye tw’u Rwanda usanga abakora akazi ko kogosha ari ab’igitsina gabo, ariko uko iminsi ishira indi igataha hari aho usanga ab’igitsinagore binjiye muri uyu mwuga bakaba bashishikariza abawutinya kwitinyuka. Uwimana Divine (...)
-
Abagore bahisemo umwuga wo kogosha barakangurira bagenzi babo kuwutinyuka
Iyo ugiye muri ‘salon de coiffure’ zogosha imisatsi hirya no hino mu Gihugu usanga abiganje muri aka kazi ari ab’igitsina gabo ,icyakora uko iminsi ihita indi igataha, usanga n’ab’igitsinagore bagenda binjira muri uyu mwuga bakaba basaba bagenzi babo kwitinyuka. Mu duce dutandukanye tw’u Rwanda usanga abakora akazi ko kogosha ari ab’igitsina gabo, ariko uko iminsi ishira indi igataha hari aho usanga ab’igitsinagore binjiye muri uyu mwuga bakaba bashishikariza abawutinya kwitinyuka. Uwimana Divine (...)
-
Akanyamuneza ni kose ku bagore batwite n’abonsa bakingiwe Covid-19
Abagore batwite n’abonsa bahawe inkingo za Covid-19 bavuga ko bataragira ibibazo byihariye byatuma bavuga ko urukingo rwabagizeho ingaruka. Ibikorwa byo gukingira Covid-19 mu Rwanda byatangiye muri Gashyantare 2021, bitangirira mu byiciro by’abantu bafite intege nke harimo abakuze bafite imyaka iri hejuru ya 65, abakora muri serivisi zihuza abantu benshi hamwe n’abafite indwara zidakira. Abagore batwite hamwe n’abonsa ntibari bakemerewe gufata urukingo rwa Covid-19 harebwa ko rutabagiraho (...)
-
Rubavu : Hari abagore bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka basaba Leta kubaha amafaranga y’ingoboka
Abagore bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka bavuga ko batabonye amafaranga y’ingoboka Leta yageneye kuzahura ubucuruzi kubera icyorezo cya Covid-19 kandi nabo baragizweho ingaruka n’icyo cyorezo bagasaba ko nabo batekerezwa. Kankuzi umugore ukora ubucuruzi bw’imboga n’imbuto bwambukiranya imipaka avuga ko yatangiranye kwambukiranya umupaka kuva Ugushyingo 2020 kandi yahuye n’igihombo gikomeye mu bucuruzi bwe. Avuga ko ubwo ubucuruzi bwari budohorewe, basabwe gukorera mu matsinda nawe (...)
-
Rubavu : Hari abagore bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka basaba Leta kubaha amafaranga y’ingoboka
Abagore bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka bavuga ko batabonye amafaranga y’ingoboka Leta yageneye kuzahura ubucuruzi kubera icyorezo cya Covid-19 kandi nabo baragizweho ingaruka n’icyo cyorezo bagasaba ko nabo batekerezwa. Kankuzi umugore ukora ubucuruzi bw’imboga n’imbuto bwambukiranya imipaka avuga ko yatangiranye kwambukiranya umupaka kuva Ugushyingo 2020 kandi yahuye n’igihombo gikomeye mu bucuruzi bwe. Avuga ko ubwo ubucuruzi bwari budohorewe, basabwe gukorera mu matsinda nawe (...)
-
Rubavu : Hari abagore bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka basaba Leta kubaha amafaranga y’ingoboka
Abagore bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka bavuga ko batabonye amafaranga y’ingoboka Leta yageneye kuzahura ubucuruzi kubera icyorezo cya Covid-19 kandi nabo baragizweho ingaruka n’icyo cyorezo bagasaba ko nabo batekerezwa. Kankuzi umugore ukora ubucuruzi bw’imboga n’imbuto bwambukiranya imipaka avuga ko yatangiranye kwambukiranya umupaka kuva Ugushyingo 2020 kandi yahuye n’igihombo gikomeye mu bucuruzi bwe. Avuga ko ubwo ubucuruzi bwari budohorewe, basabwe gukorera mu matsinda nawe (...)
-
Musanze : “Mbere kwikingiza Covid-19 byitabirwaga n’abagore bacuze none byarahindutse”
Bamwe mu bagore bo mu mujyi wa Musanze mu karere ka Musanze , barimo abatwite n’abonsa, bavuga ko bamaze gusobanukirwa n’akamaro ko kwikingiza covid 19 , none ubu bakaba basigaye babyitabira kugira ngo birinde kuyandura no kuyanduza abana babo. Umwe mu bagore bari baje kwikingiriza kuri site ya Kariyeri iherereye mu mujyi wa Musanze, Ugiriwabo Rose, avuga ko impamvu yaje kwikingiza covid-19 ari uko yumvise nk’umugore akwiye kugira uruhare mu (...)
-
Ruhango : Kwibumbira mu matsinda byatumye abagore bitinyuka
Bamwe mu bagore bo mu kagari ka Kamujisho Umurenge wa Mwendo mu karere ka Ruhango, bavuga ko kwitinyuka bakibumbira hamwe mu matsinda , bagakora byatumye hari bamwe mu bagore bashoboye kwiteza imbere , bakava mu bukene no guhora bategereje ko ibyo bakeneye byose babihabwa n’abagabo babo. Umwe mu bagore bakora ubuhinzi buteye imbere Uwambajimana Angelique utuye mu Mudugudu wa Nyarusange , Akagari ka Kamujisho Umurenge wa Mwendo , mu karere ka Ruhango, avuga ko abifashijwemo n’itsinda abanamo (...)
-
Gatsibo : Abakobwa babyariye iwabo bifuza gusubira mu ishuri bakazitirwa n’ubukene
Bamwe mu bana b’abakobwa babyariye iwabo ntibabashe gukomeza amashuri bifuza gusubira mu ishuri bakiga bakarangiza, ariko kuri bamwe ngo ni inzozi batizeye gusohoza kubera ikibazo cy’amikoro. Abo bana b’abakobwa bo mu Mirenge itandukanye yo mu Karere ka Gatsibo bari hagati y’imyaka 16 na 20 batewe inda mu bihe bitandukanye bituma badakomeza amashuri yaba abanza cyangwa ayisumbuye. Iyo uganiriye nabo usanga bamwe muri bo bafite ishavu n’agahinda baterwa no kuba batarabashije gukomeza amashuri (...)
-
Covid-19 : Miliyoni 197 zimaze gutangwa nk’inguzanyo mu kuzahura abacuruzi
Abacuruzi 206 bo mu mirenge 12 igize akarere ka Nyabihu bamaze guhabwa inguzanyo ya miliyoni 197 zizabafasha kuzahura ubucuruzi bwabo mu bihombo batewe n’ingaruka za covid-19. Kuva mu mpera z’umwaka wa 2019,isi yahuye n’icyorezo cya Covid-19 cyanageze mu Rwanda muri Werurwe 2020. Iki cyorezo kikaba cyarateye ingaruka zitandukanye zirimo imfu z’abantu, guhagarara kw’imirimo imwe n’imwe mu gihe runaka nk’ubucuruzi,bitewe na gahunda zagiye zishyirwaho mu kwirinda ko cyakwirankira harimo Guma mu (...)