-
Ibyiza byo kuririmbira umwana no kumutoza kuririmba
Kuririmbira umwana no kumutoza kuririmba bimugirira umumaro waba uw’ ako kanya cyangwa se mu gihe kizaza. Si ku mwana gusa kuko kuririmbira umwana binafasha umubyeyi ubikora nawe akagira byinshi yungukiramo. Dore ibyiza byo kuririmbira umwana utari uzi : Gukuza intekerezo z’umwana : Igihe umwana ahimba amagambo yo kuririmba agahimba n’injyana aza kubiririmbamo bituma intekerezo ze zikura kandi uko umuririmbira unabimwigisha niko nawe ashaka kwihimbira ibye azajya aririmba byihariye. Gutoza (...)
-
Hitamo neza hagati yo kuzana umukozi no kujyana umwana muri crèche
Mbere yo guhitamo ko umwana uzamureresha umukozi cyangwa se ukamujyana mu irerero( crèche) ni byiza ko wabanza kumenya ibyiza n’ibibi bya buri kimwe, kuko bigufasha gukora amahitamo yawe neza atazagira ingaruka mbi kuri wowe no ku mwana. Ibyiza umukozi urera umwana arusha kumujyana muri crèche Kuba ari ahantu yisanzura : nta hantu umwana yisanzura ngo yumve atekanye nko kuba ari mu rugo. Ibi bituma umwana yumva ahora atuje nta kintu kimusaba kumenyera ibintu bishya atari azi. Ibi kandi (...)
-
Umumaro wa fer ku mwana n’ibyo ibonekamo
Umunyu wa fer uboneka mu biribwa bitandukanye ugira umumaro ku mubiri w’umuntu by’umwihariko ku bana. Hari imimaro myinshi fer ifitiye umubiri w’umwana ku buryo ari byiza ko buri mubyeyi wese akwiye kugenzura ko ifunguro ry’umwana we riba ririmo ibiribwa bifite fer. Umunyu ngugu wa fer ufite umumaro ku mwana kuko ugira uruhare mu ikorwa rya globules rouges. Fer ituma yabaho gutembera kwa oxygene igana mu bindi bice by’umubiri w’umwana. Fer igira uruhare rugaragara mu gukura k’umwana no gukura (...)
-
Ingaruka z’ibikinisho bifite amajwi asakuza ku bana
Ahanini usanga ibikinisho by’abana biba byiganjemo ibifite amajwi asakuza birimo za telefoni, gitari, ibipupe bijwigira, n’ibindi. Nubwo ahanini usanga ibikinisho by’abana biba bifie amajwi asakuza, ni ibyo kwitondera kuko byagiza amatwi y’abana bakiri bato. Ni byiza kurinda igice cy’ugutwi cy’umwana kuko kiba cyoroshye ku buryo cyangizwa n’urusaku rw’amajwi yo mu bikinisho bye aho byagaragajwe nyuma y’iminota ibiri gusa umwana aba yagaragaje ibimenyetso byo kwangirika inzira zumva. Ahanini ibyo (...)
-
Igihe umwana akunda umubyeyi umwe kurusha undi nuko mwabyitwaramo
Bijya bibaho ko umwana adakunda ababyeyi be kimwe bitewe n’impamvu zitandukanye ariko hari n’igihe iyo uri wa mubyeyi udakunzwe n’umwana wumva bikubangamiye. Nyamara hari icyo mwakora nk’ababyeyi bigatuma umwana wanyu areka kugira uwo akunze kurusha undi. Mbere yo kumenya icyo wakora, reka turebe zimwe mu mpamvu zitera abana gutoranya ababyeyi ntibabakunde kimwe kugeza aho bigaragaragara cyane, akaba yafata undi mubyeyi nkaho we ntacyo avuze : Ubusanzwe gutoranya ababyeyi umwana akagira uwo (...)
-
Uko wafasha umwana muto kugira inshuti
Ni byiza ko umwana muto uri hagati y’imyaka itatu n’itanu agira abana bagenzi be, b’inshuti bakajya bakina bakaganira iby’abana kuko bifasha umwana gufunguka mu mutwe,gutinyuka no kwiyungura ubwenge,ndetse agakura azi no kubana n’abandi.Umubyeyi rero aba agomba kugira uruhare mu gufasha umwana we kugira inshuti z’urungano rwe. Dore uburyo wakoresha mu gushakira umwana wawe inshuti 1. Gutumira abana mu rugo :ushobora gutumira umwana umwe cyangwa babiri b’abaturanyi bakajya baza gukina n’umwana (...)
-
Menya uburyo bwo konsa umwana mutiriranwe n’ibyo wirinnda
Bijya bibaho ko umubyeyi ashobora kwirirwa Atari kumwe n’umwana ukiri muto cyane uri munsi y’amezi 6, maze akamusiga ntamwonse umunsi wose,bitewe n’impamvu zitandukanye kandi umwana uri muri icyo kigero aba agomba gutungwa n’amashereka gusa nta kindi avangiye. Ni gute umubyeyi yonsa umwana batiriranwe ? • Umubyeyi agomba konsa umwana agahaga mbere yo kumusiga ngo agende • Ni byiza ko umubyeyi afata nibura isaha yo konsa umwana,mu gihe aziko amusiga buri munsi • Konsa umwana cyane igihe utashye (...)
-
Uko wakongera gukundisha ijambo ry’imana umwana w’ingimbi cyangwa umwangavu
Hari ubwo abana bakiri bato bakunda ijambo ry’imana ndetse bakunda no gusenga ariko bamara kuba bakuru, ari ingimbi cyangwa abangavu ugasanga batagikunda gusenga, rimwe na rimwe nta n’umwanya bagiha ijambo ry’Imana ariko hari uburyo umubyeyi yakongera kubibakundisha byose Icyo wakora nk’umubyeyi 1.Kubabwira inkuru zisekeje zo muri bibiliya :Igihe ubona abana batagikunda kumva ijambo ry’Imana,ukunda kubaganiriza inkuru cyangwa imigani n’ibitangaza byabayeho bisa n’ibisekeje bivugwa muri (...)
-
Ikosa abakuze bakora rigatuma umwana atinda kureka kuvuga uburimi
Hari ibintu abantu bakuze bakora igihe bari kuvugana n’umwana muto ku buryo umuntu mukuru ahindura ijwi agahindura n’uburyo ijambo rivugwamo. Ubwo buryo bwo guhindura uburyo ijambo rivugwamo uhinduye ijwi ryaryo gusa bigira ingaruka nziza ku mwana ariko iyo ushatse kujya umuganiriza usa n’uvuga uburimi ibyo bigira ingaruka bigatuma umwana yumva ko kuvuga uburimi aribyo byiza. Dore uburyo bwiza bwo gufasha umwana kumenya kuvuga vuba : Tsindagira amagambo Guhindura ijwi ijambo rivugwamo ni (...)
-
Ibyo kwitaho mbere yo gusiga umwana ukajya hanze
Muri iyi minsi birashoboka ko umubyeyi yasiga umwana akajya kuba hanze kubera impamvu zitandukanye zirimo kwiga, akazi n’ibindi. Nyamara nk’uko ababyeyi twaganiriye bigeze gusiga abana ndetse n’abana basigwaga n’ababyeyi babivuga, hari ibyo umubyeyi aba agomba kubanza kwitaho mbere yo gufata umwanzuro wo gusiga abana akajya kuba hanze y’igihugu igihe kirekire. Kwita ku kigero umwana agezemo : Jacky ni umubyeyi wasize umwana w’imyaka ibiri n’abandi bana umwe ufite imyaka 5 n’undi wari ufite imyaka (...)
-
Ibyiza utari uzi byo gukina n’umwana mwihishanwa
Umukino wo kwihishana n’umwana abenshi bita “cache-cache” ni umukino mwiza ufite imimaro myinshi itandukanye ku mwana ndetse no ku mubyeyi bari gukina. Usibye kuba uwo mukino ufasha umwana kwishima, umukino wo kwihishana unafasha umwana gukura mu bwonko. Dore uburyo umukino wo kwihishanya ufasha umwana gukura mu bitekerezo : Umukino wo kwihisha utuma ubwonko bw’umwana bukanguka : Igihe umwana ari gushakisha aho yihisha yanahagera agashaka uko ari bwihishe ku buryo bataza kumubona bituma (...)
-
Uko warinda umwana kugwingira guterwa no kutarya
Hari ubwo umwana agwingira bitewe nuko adakunda kurya ugasanga igihe umuhaye ibiryo abyanga, bityo bikagira ingaruka ku mikurire ye haba ku burebure ndetse no mu biro, ugasanga ari haha handi umwana agwingira kandi utarabuze ibyo kumugaburira. Mu gihe umwana wawe anwgingira kubera kudakunda kurya ngo afate calories zimufasha gukura dore ibyagufasha kumurinda kungwingira : Gusangira n’umwana wawe : gusangira n’umwana udakunda kurya bimutera umwete akumva ko kurya ari igikorwa cyiza. Icyo (...)
-
Ibyiza byo gusomera umwana uri hagati y’umwaka 1 n’imyaka 3
Umwana uri mu kigero kiri hagati y’umwaka 1 n’imyaka 3 biba byiza kujya umusomera inyandiko nziza zishimishije zijyanye n’ikigero arimo. Ibyo iyo ubitangiye hakiri kare bigira ingaruka nziza ku mikuririe y’umwana nk’uko tugiye kubireba. Gusomera umwana ibitabo uri muri iki kigero bigira ingaruka nziza ku mikurire y’umwana kuko bikuza uburyo umwana avuga, bigakuza uburyo umwana azakunda kwandika no gusoma. Ikindi kandi ni uko igihe uba umusomera inkuru zo mu bitabo bituma mugirana ibihe byiza (...)
-
Impamvu n’ingaruka zo kugwingira k’umwana n’uko wabirwanya.
Bijya bibaho ko umwana uri mu nda ashobora kugwingira cyangwa akagwingira nyuma yo kuvuka. Nyuma ingaruka zabyo zikamukurikirana iminsi yose yo kubaho kwe, iyo umubyeyi atabirwanyije. Uundi aba agomba kubirwanya mbere y’imyaka ibiri umwana akimara kuvuka kuko nyuma yaho biba birangiye. Kayumba Josephine,umuhanga mu by’imirire y’umwana arasobanura uko umwana ashobora kugwingira,impamvu zitera umwana kugwingira,ingaruka zabyo ndetse n’uburyo wakoresha ukita ku mwana ukamurinda izo ngaruka (...)
-
Ibyiza byo gukina n’umwana n’uburyo bwiza bwo gukina nawe
Gukina n’umwana n’iyo byaba iminota 10 cyangwa se 15 ku munsi, bifite umumaro ku mwana ndetse no kuri wowe. Gusa kugirango uwo mu maro ugerweho neza hari uburyo bwiza uba ugomba gukinamo na we kugirango bigere ku musaruro mwiza. Umumaro wo gukina n’umwana Gukina n’umwana bituma ugirana na we ibihe byiza n’umubano ukomeye, agakura akwiyumvamo ndetse bikumvisha umwana ko umuha agaciro. Gukina n’umwana kandi bituma mumenyana, ari umwana akamenya uko witwara hanze yo kuba umubyeyi na we ukamenya (...)
-
Icyo wakora ubana n’abakobwa bagirira umwanda aho mutuye
Bijya bibaho ko umukobwa abana n’abandi barenze umwe ariko ugasanga batazi kwita ku isuku y’aho batuye maze ugasanga umwe muri bo abangamiwe cyane,akaba ariwe urebwa n’isuku yo mu rugo,ariko hari uburyo bwiza bwo gukemura icyo kibazo kandi buri wese akagira uruhare ntawe uvunishije undi. Dore icyo wakorera abakobwa mubana batagira isuku 1.Kugabagabana imirimo y’ isuku ; iyo abo mubana batajya bakora isuku,ushyiraho uburyo bwo kugabana imirimo,maze buri wese akaba azi isuku ari bukore buri (...)
-
Amakosa ababyeyi bakora babuza abana kunyara ku buriri
Hari amakosa ababyeyi bakora bigatuma umwana wabo ufite ikibazo cyo kunyara ku buriri atinda kubireke ndetse ahanini ayo makosa ababyeyi bayakora baziko bari gukemura ikibazo nyamara batazi ko aribwo bari kucyongera. Ku rubuga rwa Dr. Sagie, umuganga uzobereye mu gutanga inama ku babyeyi no ku bana ku bijyane no kureka kunyara ku buriri, yavuze amakosa ababyeyi benshi bamugana bakunda gukora akaba ariyo atera abana kutareka kunyara ku buriri. Gukangura umwana nijoro : Ababyeyi benshi (...)
-
Uko umubyeyi w’umukristu yakwigisha abana be ubuzima bw’imyororokere
Ababyeyi b’abakristu batekereza ko badashobora kwigisha abana babo ibyerekeye ubuzima bw’imyororokere nyamara hari uburyo bwiza wakoresha ukigisha umwana wawe ibyerekeye ubuzima bw’imyororokere mu buryo bwa gikiristu. Ni nde ukwiriye kwigisha abana ibyerekeye ibitsina ? Bibiliya ivuga ko iyo ari inshingano y’ababyeyi, kandi hari benshi babonye ko ibitekerezo bikurikira byabafashije kubigeraho : Ntukumve ko ari ugushira isoni. Bibiliya ivuga ivuga yeruye ibyerekeye ibitsina hamwe n’imyanya (...)
-
Uko wahagarika indwano za hato na hato z’abana bavukana
Abana bakurikirana cyangwa bavukana muri rusange usanga baba bafite utuntu duto duto bapfa bikabaviramo no guhora barwana. Niba ufite abana bakiri bato ubona bahora mu mahane bapfa utuntu duto duto, dore ibyagufasha guhagarika ayo mahane n’indwano za hato na hato bagira : Jya umenya ibyo buri mwana wese akenera : hari ubwo ababyeyi bita ku byo umwana umwe akeneye bakibagirwa undi bigatuma bagirana utubazo kuko undi we ibyo akeneye atabibona agatangira kurakarira uwo bavukana yumva ko ariwe (...)
-
Ingaruka zigera ku mwana iyo ababyeyi bamutwise batabishakaga
Gutwita umwana utabiteganije bishobora kuba ku mukobwa utwaye inda ukiri iwabo, umugore ufite umugabo ariko bakaba batashakaga kubyara, umuntu wafashwe ku ngufu agaterwa inda, n’abandi. Nubwo ingaruka zigera ku bana batwiswe muri ubwo buryo zitanganya ingufu hari izo bahuriraho kandi bakazikurana mu gihe ababyeyi babo batagize icyo bakora hakiri kare. Dore zimwe mu ngaruka zigera ku bana batwise batabashaka n’icyo ababyeyi bakora ngo birinde izo ngaruka Ingaruka zijyanye n’imitekerereze( (...)
0 | ... | 20 | 40 | 60 | 80 | 100 | 120 | 140 | 160 | 180 | ... | 240